Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’ Afurika yatangaje ibihembo bishya bizajya bihabwa amakipe yegukana ibikombe mu marushanwa yose atandukanye iri shyirahamwe ritegura.
CAF yiyemeje kuzamura ibi bihembo nyuma y’uko ibonye umuterankunga mushya usimbura Orange yateraga inkunga, Sosiyete y’abafaransa icukura peteroli (Total) kuri ubu niyo muterankunga wa CAF mu gihe cy’imyaka icumi iri imbere aho izajya itanga miliyari 30 z’amadorali y’Amerika
[ad id=”44145″]
Kuri ubu uhereye ku gikombe cy’Afurika cy’ibihugu mu mupira w’amaguru kizaba muri 2017, ikipe izacyegukana izahabwa amafaranga agera kuri miliyoni 4 z’amadorali ni ukuvuga arenga miliyari 3 z’amafarang y’u Rrwanda.
Aya mafaranga bivuze ko y’ikubye kabiri kuko ubusanzwe ikipe yahabwaga miliyoni 1.5 z’amadolari y’Amerika.
Ibihembo bizajya bihabwa amakipe mu marushanwa ya CAF byongerewe kandi ku marushanwa yose iri shyirahamwe ritegura.
Reba uko ibihembo byose bihagaze


[ad id=”44145″]


Amatsinda y’amakipe azitabira igikombe cy’Afurika 2017 kizabera muri Gabon

schadrack@bwiza.com


