CHUR yatangiye kwandika abanyeshuri bifuza kwiga mu Burusiya n’i Dubai

Sangiza iyi nkuru

Kaminuza ya Gikirisitu mu Rwanda (Christian University of Rwanda (CHUR) yatangiye ku mugaragaro kwandika abanyeshuri bifuza kujya muri kaminuza ya Synergy University ifite campuses I Dubai n’I Moscow.

Itangazo ryashyizwe ahagaragara CHUR riragira riti: “ Hashingiwe ku masezerano y’ubufatanye n’Umuryango PHRECO muri Philippines, Kaminuza ya Gikirisitu mu Rwanda yafunguye kwandika abifuza kwiga muri Synergy University muri campuses za Dubai na Moscow.

Itangazo rikaba rivuga ko ubu bufatanye bugamije guha abanyeshuri uburezi bwo ku rwego rwo hejuru n’ibindi binyuze muri kaminuza ziri ku rwego rw’Isi kandi zemewe.

Soma itangazo ryose hano hasi

7575da0e 3098 4046 90dd a1fa3f6dae94

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *