Diamond avuga ko  icyumba araranamo na Tanasha cyabaye nka gereza

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko yaburiye amahoro mu cyumba araranamo n’umukunzi we, Tanasha Donna bitewe n’igikombe cya Afurika kiri kubera mu Misiri.

Ibi ni nyuma y’aho Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Tanzania ari nacyo gihugu cy’amavuko cy’uyu mugabo itsindiwe n’iya Kenya ibitego 3-2 mu gikombe cya Afurika.

Uyu mugabo avuga ko yabuze amahoro bitewe n’umukunzi we urimo kumwishongoraho nyuma y’uyu mukino.

Abinyujije kuri Instagram, yagize ati “ Icyumba cyose cyabaye nka gereza uyu munsi. Gusa nta kibazo mbibonamo kuko nzi uko nzihorera.”

23A40A4D FB4C 4B7F A55F 8CB9A6EA1F00

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Diamond aravuga ko atorohewe mu gihe Tanasha ari mu byishimo ari nako ashimagiza Harambe Stars.

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *