Umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko agifite gahunda yo kugura inzu mu Mujyi wa Kigali gusa ntiyagira byinshi atangaza kuri iyi ngingo.
Ubwo aheruka mu Rwanda yatamabagiye ibice byinshi by’umujyi, avuga ko yifuza kugura inzu.
Abajijwe n’abanyamakuru ubwo yagarukaga bwa kabiri, Diamond yavuze ko n’ubwo ntayo aragura, iki gitekerezo akigifite ku mutima.
“ Navuga ko ari byo,inzu nzayigura nta kabuza.”
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
Kuri ubu haribazwa ese uyu mugabo inzu azayigura mu kihe gice cy’umujyi n’igihe azayigurira dore ko hashize imyaka itari mike atangaje ko afite gahunda yo kugura inzu mu Rwanda.


