Nkuko igitabo conseils sur la conduit sexuelle, kibivuga kwikinisha bitera ingaruka nyinshi zitandukanye, uyu munsi tukaba tugiye kubageza zimwe muri izo ngaruka z’ingenzi:
- Byangiza ubushobozi bwo kwifatira imyanzuro:
Iyo umuntu amaze kubigira akamenyero hari ibintu bihinduka mu mitekerereze ye.Utungira kumva kumva ko utari umugabo cyangwa umugore wuzuye,ugatangira kwisuzugura, bamwe bagahita bahitamo kumva ko badashobora gushaka kuko ntacyo bazabamarira,ndetse mu mwanya bakabaye bari gukora ibindi ugasanga bahisemo kujya kwikinisha.
- Bigabanya imbaraga z’umubiri:
Iyo ibyo bikorwa bikomeje kubaho hejuru yimyaka 15 y’amavuko, nyir’ukubikora akomeza kubigiramo ingaruka zo kurwara indwara zitandukanye by’umwihariko hagati y’imyaka 30 na 45’ binyuze mukaga kanyuranye nko kurwara umwijima, ibihaha, indwara zo muruti rw’’ umugongo n’ izindi
3.Ku bagore, kwikinisha bibatera kutarangiza vuba mugihe bahuye n’abagabo:
Ku bakobwa cyangwa abagore bakunda kwikinisha, usanga mu gihe bakoranye imibonano ni gistina gabo ngo kurangiza kwabo nbidapfa gushoboka ugasanga ngo nubundi akeneye kwikinisha kugira ngo arangize.
4.ku bagabo, kwikinisha bibatera kurangiza vuba kandi kenshi:
Uwitwa David Horrobin we, Umuhanga mu by’ubuganga n’ubucurabwenge wo muri kaminuza ya Oxford mu Bwongereza yatangaje ko “Amasohoro y’umugabo abonekamo umunyu ngugu wa zenke, ku buryo kurangiza inshuro imwe ku mugabo bishobora gutuma atakaza umunyu wose wa zenke aba yariye ku munsi wose.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ibyo bigira ingaruka nyinshi, keretse mu gihe habonetse ibiribwa byo kuziba icyo cyuho,naho ubundi gusohora inshuro nyinshi ku mugabo bishobora kumutera ibura ry’umunyu wa zenke, bigaherekezwa n’ibibazo binyuranye harimo n’icyubushobozi bucye mu mibonano mpuzabitsina (impuissance sexuelle).
5.Indwara abagore barwara kubera kwikinisha:
Kwikinisha ku bagore bikunze gutuma barwara indwara zirimo: ibicurane bihoraho ‘indwara yo kwirundanya kw’amazi y’ururenda rw’amatembabuzi yo mu mitsi (serosite) ibyo bigatera kubyimbagana kw’aho yirundanyije nko mu nda n’ahandi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Mu bushakashatsi bwakozwe ku birebana no kwikinisha uwitwa, E.H.Hare yagaragaje ibyo yagezeho ku barwayi bagera 500 mu bitaro bya lowa state, basanze 24 kwikinisha ari byo byari byarabaye intandaro y’ingenzi y’uburwayi bafite.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com



2 Responses
Dore ibibazo bigutegereje niba ujya wikinisha ukeka ko ari byiza
Ubu nubuijiji mufite kwikinisha nabyikoreyeho ubushakatsi ,ntabyiza nkabyo,mukabariro mba ndi stronger kuburyo bamwe mubakobwa twahuye 7 muribo bampaye izina rimwe ntavuze, sindangiza vuba kuko round ibanza imara iminota 45,iyakabiri igera mwisaha, iyagatatu iratinda cyane kuburyo uwo turyamanye atari steady mutegereza nkamutangira bushasha,nikinishije imyaka 9 byibura inshuro 5 buri munsi Kandi sinsiba,ibyo muvuga mubikurahe???????? Ndambiwe ubwo bujiji imibonano nimumutwe,ingaruka yo kwikinisha nimwe,kuba waba imbata yabyo imirimo yindi ikononeka,niyoyonyine mbi izindi numunyenga.
Dore ibibazo bigutegereje niba ujya wikinisha ukeka ko ari byiza
Ubu nubuijiji mufite kwikinisha nabyikoreyeho ubushakatsi ,ntabyiza nkabyo,mukabariro mba ndi stronger kuburyo bamwe mubakobwa twahuye 7 muribo bampaye izina rimwe ntavuze, sindangiza vuba kuko round ibanza imara iminota 45,iyakabiri igera mwisaha, iyagatatu iratinda cyane kuburyo uwo turyamanye atari steady mutegereza nkamutangira bushasha,nikinishije imyaka 9 byibura inshuro 5 buri munsi Kandi sinsiba,ibyo muvuga mubikurahe???????? Ndambiwe ubwo bujiji imibonano nimumutwe,ingaruka yo kwikinisha nimwe,kuba waba imbata yabyo imirimo yindi ikononeka,niyoyonyine mbi izindi numunyenga.