Dore ibyago bigutegereje niba uryama ntumare ibitotsi

Sangiza iyi nkuru

Mu miterere y’ikiremwa muntu harimo ibintu bimwe na bimwe biteye amatsiko ndetse ahanini ugasanga bigira ingaruka mbi ku buzima bwamuntu, aha tugiye kurebera hamwe ingaruka umuntu ashobora guhura nazo igihe atasinziriye neza cyangwa ngo amare ibitotsi bihagije.

Bimwe mu bibazo bishobora ku kwibasira igihe utajya uryama ngo umare ibitotsi harimo:

1.Kwibagirwa: ubushakashatsi bwakozwe ni mpuguke mubijyanye n’ubuzima bwagaragaje ko gucikiriza ibitotsi cyane cyane kubantu bakuru bibagiraho ikibazo cyo kwibagirwa kwa hatoa na hato.

2.Kwiyenza: dukunda kubona abantu biyenza nta mpamvu , ibi byose rero hari ubwo biterwa no kutaryama neza ngo umare ibitotsi.

3.Kwangirika k’uruhu: ubushakashatsi bwakozwe na university of wisconsin. bwerekanye ko abantu batbasha gusinzira byibura amasaha atanu bajya iyo bakozwe ho ni mirasire y’urumuri izwi nka Ultraviolent.

4.Umubyibuho ukabije: iyo udasinziririye neza umubiri unanirwa guhangana nibinyabutabire biva mubyo turya biba bituma umuntu abyibuha.

5.Kurotaguzwa kwahato na hato: kubera ko uba utabashije kuruhuka neza umubiri uhora unaniwe ukikanga wasinziriye ari nabwo utangira kurotaguzwa.

6.Bigabanya imikorere y’igitsina: kuryama cyane bituma udusabo twintanga dukora neza kubagabo naho uko ubyuka kare bikagabanya imikorere yatwo

7.Impanuka zahato na hato: ibi ntawabyirengagiza kuko gutwara imodoka ufite umunaniro ndetse utanasoinziriye neza bitera impanuka nta kabuza

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *