Dore ibyo usabwa niba ujya ucika intege utera akabariro ukanashaka kunyaza bikanga

Sangiza iyi nkuru

Mu buzima bwa muntu arakura akagera aho yubaka urugo, umugabo agakenera umugore, umugore na we agakenera umugabo, mu kubana rero hari zimwe mu nshingano z’ibanze umugabo aba asabwa kuzuza kimwe n’uko umugore na we haba hari izo asabwa kuzuza gusa uyu munsi turavuga kuri zimwe z’ibanze umugabo agomba kuzuza byanze bikunze, gutera akabariro (imibonano mpuzabitsina).

Aha rero biba ikibazo gikomeye iyo umugabo adashobora gutera akabariro uko bigomba. hari inama bwiza.com yakusanyirije abagabo bafite icyo kibazo.

1.Kora Siporo zihagije

Imyitozo ngororagingo (Sport) mbere y’igikorwa nyirizina ituma amaraso atembera neza mu mubiri ndetse ituma n’intanga ziyongera, bityo niba ushaka ko igitsina cyawe kizajya gifata umurego byoroheje,ushaka kongera amasohoro ndetse no kuba umunyamurava mu gutera akabariro jya ukora imyitozo Ngororagingo izabigufashamo byose.

2.Gabanya inzoga nyinshi n’ibindi bisindisha

Inzoga nyinshi zingiza umubiri ku buryo bukabije ku buryo kuba igitsina cyawe cyafata umurego kuburyo bworoshye bigoranye aha rero urasabwa kutaba imbata y’ibisindisha.

4.Ite ku mafunguro ufata

Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bwimyororokere bavuga ko ibiribwa turya bijyira uruhare runini mu mikorere ya bimwe mu bice by’umubiri wacu niyo mpamvu usabwa kujya ufata amafunguro yuzuye intungamuburi zose umunsi ku munsi.

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Ikindi twavuga ku bagabo bifuza kunyaza bikanga bagomba kumenya ko mbere yo gutangira igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina bagomba kubanza gutegurana hagati yabo bakirinda kandi guhita binjiza igitsina cyose mu cy’umugore kuko bituma barangiza vuba bataratangira icyo gikorwa cyo kunyaza, ubundi ukajya ukoza igitsina cyawe kuri rugongo buhoro buhoro, umanura uzamura, nta kabuza umugore wawe azazana amavangingo (azanyara).

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Umugabo kandi unyaza bikanga agomba gusaba umugore we kumufasha muri iki gikorwa akamufata ku bice by’umubiri bitandukanye bifasha umugabo kumva uburyohe,urugero nko mu irugu, mu gituza, mu mutwe, mu matwi, kumufata kugitsina ndetse no mu mugongo. Ibi bice byongera imbaraga umugabo bikaba byatuma anyaza umugore we neza.

Tanga igitekerezo cyangwa utwandikire kuri Email: kamikazigentille@gmail.com

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Gentile kamikazi@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *