Igitsinagore gikunze kugaragaraho imihindukire y’umubiri ku buryo budasanzwe nyuma yo gushinga urugo, ugasanga abyibushye bikabije mu gihe gito, ibi usanga abagabo benshi bibabangamira bibaza uko bazajya babyitwaramo mu gihe cyo gutera akabariro.
Gusa ibi ntibikwiye kuba ikibazo kuko Bwiza.com yabakusanyirije uburyo bworoshye mwakwifashisha mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina n’umugore ubyibushye bikabije.
Uburyo twakwita mpagazi
Ni byiza rero ko umuntu ubyibushye mu gihe muri gutera akabariro umuhagarika ku buriri mu buryo bumworohereza gutandukanya amaguru ku buryo bworoshye.ukabona uko umwinjiramo neza.
Uburyo bwa kabiri ni ukuzamura akaguru kamwe mu birere (hejuru)
Ibi abahanga babyita Side Wind, bitewe n’ibiro bye byinshi, aryama ku buriri ukamuzamura akaguru kamwe kugirango ubone neza aho ukorera igikorwa nyirizina, ibi bikorwa mu gihe gito kuko we aba avunika, n’ubwo ubu buryo bumuha ibyishimo bidasanzwe.
Uburyo bwa gatatu, arapfukama ukamuhera inyuma
Ubu buryo bukundwa cyane n’abagore kuko baba bumva neza igikorwa kiri kubakorerwa. Bitewe n’ubunini bw’umugore wawe ubu buryo bwose tuvuze haruguru buzabafasha mwembi kuko ntanahamwe muzaba muhuriye buri wese aba ari ukwe mugahuza ibitsina gusa, mubugerageze muzambwira.
Ubundi buryo tuzabubagezaho mu nkuru itaha, ushobora gukoresha kabone niyo umugore wawe yaba atabyibushye.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@bwiza.com


