Dr Rwigema abona imyaka idakwiye kubuza umuntu kwiga

Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi

Sangiza iyi nkuru

Dr Rwigema Pierre Célestin wabaye Minisitiri w’uburezi wa mbere mu 1994 u Rwanda rumaze kubohorwa, akaba na Minisitiri w’Intebe kuva mu 1995 kugeza mu 2000, yarangije amasomo ya kaminuza mu ishami ry’uburezi.

Nk’uko bigaragara ku itangazo rya kaminuza ya Mount Kenya riteguza ibirori byo kurangiza amasomo (graduation ceremony) bizaba tariki ya 29 Nyakanga 2022, Dr Rwigema ari mu banyeshuri bigaga muri gahunda y’imyaka ibiri ya PGDE (Post Graduate Diploma in Education).

Uru rutonde kandi ruriho Brigadier General (Rtd) Gacinya John na we wiganaga na Dr Rwigema.

Mu kiganiro cyihariye n’umunyamakuru wa BWIZA, Dr Rwigema yasobanuye ko ubusanzwe yari afite impamyabumenyi y’ikirenga (PhD) mu yandi masomo yabonye mu 2019, akaba yaragiye muri gahunda ya ‘PGDE’ y’imyaka ibiri kugira ngo yunguke ubumenyi bwihariye mu burezi.

Yagize ati: “Njyewe ndi PhD holder, na Gacinya ni PhD holder. Twakoze ibyo bita ‘Post Graduate Diploma in Education’. Iriya ni diplome ituma ugira qualifications zo kuba uri umwarimu. Irakomeye cyane. Urumva kuba uri PhD holder, n’ubundi wakwigisha ariko ntabwo uba ufite skills na methodology yo kuba uri umwarimu.”

Dr Rwigema usanzwe ari umwe mu bagize inteko ishinga amategeko y’umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba izwi nka EALA, avuga ko asanzwe yigisha muri kaminuza ya ULK na Jomo Kenyatta University.

Dr Rwigema w’imyaka 68 y’amavuko asobanura ko n’ubwo akuze, agikunda kwiga no gusangiza abandi ibyo yize, yemeza ko kwiga nta mupaka w’imyaka bikwiye kugira.

Dr Rwigema abona imyaka idakwiye kubuza umuntu kwiga
Dr Rwigema abona imyaka idakwiye kubuza umuntu kwiga

Soma Izindi Nkuru

16 Responses

  1. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Ibyo Dr Rwigema avuga nibyo.Ariko dukwiye no kwibuka ko kumyaka 68 uba wenda gupfa.Ngewe nubwo nanjye nize,nahisemo gushaka imana nkayikorera,kugirango nimpfa izanzure ku munsi wa nyuma.Kubera ko ijambo ryayo risobanura neza ko abantu bibera mu by’isi gusa ntibashake imana batazabona ubuzima bw’iteka.Ubu njyewe njya mu nzira nkabwiriza abantu ijambo ry’imana kandi ku buntu.

    1. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
      Wize kubwiriza abantu mu muhanda se?! Ngaho

    2. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
      Wize kubwiriza abantu mu muhanda se?! Ngaho

    3. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
      Wasaga nugiye kuvuga ukuri ariko iyo mana wavuze itandukanye n’Imana ivugwa kumuzuko w’abapfuye kumunsi w’imperuka ntitwakwizera ibyo uvuga, nawe ukeneye kwiga ngo umenye gutandukanya Imana n’imana. Ubumenyi bwubahwe

    4. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
      Wasaga nugiye kuvuga ukuri ariko iyo mana wavuze itandukanye n’Imana ivugwa kumuzuko w’abapfuye kumunsi w’imperuka ntitwakwizera ibyo uvuga, nawe ukeneye kwiga ngo umenye gutandukanya Imana n’imana. Ubumenyi bwubahwe

  2. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Ibyo Dr Rwigema avuga nibyo.Ariko dukwiye no kwibuka ko kumyaka 68 uba wenda gupfa.Ngewe nubwo nanjye nize,nahisemo gushaka imana nkayikorera,kugirango nimpfa izanzure ku munsi wa nyuma.Kubera ko ijambo ryayo risobanura neza ko abantu bibera mu by’isi gusa ntibashake imana batazabona ubuzima bw’iteka.Ubu njyewe njya mu nzira nkabwiriza abantu ijambo ry’imana kandi ku buntu.

  3. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Ibyo uvuvuze ni ukuri 5/5

  4. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Ibyo uvuvuze ni ukuri 5/5

  5. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Ibyo uvuvuze ni ukuri 5/5

  6. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Ibyo uvuvuze ni ukuri 5/5

  7. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Naba nawe hitimana,kuko Rwigema Atari normal dans sa tête. Ahubwo uwamwambura na Diplôme afite kuko ntacyo zimaze. C’est un traître. Umugambanyi.

  8. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Naba nawe hitimana,kuko Rwigema Atari normal dans sa tête. Ahubwo uwamwambura na Diplôme afite kuko ntacyo zimaze. C’est un traître. Umugambanyi.

  9. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Nukuko yaronse uburyo bwokwiga natwe twoburonka twoyiga

  10. Dr Rwigema wabaye Minisitiri w’Intebe yarangije amasomo ya kaminuza mu burezi
    Nukuko yaronse uburyo bwokwiga natwe twoburonka twoyiga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *