Mu gihe hari abagore n’abakobwa bibaza niba umugabo ashobora gusohora uwo waryamanye ntabimenye, ikinyamakuru Aufemin gitangaza ko byose bishoboka ko umugore ashobora kubimenya cyangwa ntarabukwe cyane cyane ku bagabo batera akabariro batagamije gusohora gusa.
Akenshi ntibyoroha rwose kumenya niba umugabo yarangije keretse bibaye mu gihe kidasanzwe. Hari igihe umugabo arangiza umugore ntabimenye akamubaza ati”mbese warangije”.

Ibyo akenshi biba ku bagabo bazi gutera akabariro neza, Umugabo uzi gutera urubariro neza bishobora kukugora kumenya niba yarangije. Kubera iki? iyo arimo kubikora aba agamije gushimisha umugore cyangwa umukunzi we.
Abarongora bagamije gusohora ntibyakugora rwose kumenya ko yasohoye. Kuko uratega akakwicundaguraho wajya kumva ukumva akwinjiyemo cyane arakugundiriye ubundi akagwa agaramye nkaho umugiriye nabi!!
Umugabo uzi kurongora neza yicungira ko atarangiza mbere y’umugore kuko biramubabaza iyo arangije adahagije umugore. Uwo ni we mugabo uzi kuryoshya imibonano.
Umugabo ni ugira akamaro. Bityo rero akenshi ashyushya umugore, kugeza barangirije kimwe, maze umugore kuko yishimye cyane, ntanamenye niba umugabo yasohoye.
Bagabo rero nusohora umugore ntabimenye uzamenye ko uri umuhanga mu gutera urubariro kandi uzumve ko n’umugore wawe akunezerewe cyane.
Turangiza twavuga kandi ko niba nta kibazo ufitanye n’umugabo nta mpamvu ufite yo gukeka ko atasohoye. Kuko birashoboka ko umugabo ushobora kumuha nabi akarakara akayikuramo mu kinyabupfura atarangije…
Hari abagore utangira kuyinjizamo akakuzanira iby’inkundo zawe na ba Mariya na Clemence imyaka itanu ishize, umva ngo abagabo bakunda igit…, iyo bimeze gutyo abenshi barazinukwa. Urumve birenge ni wowe ubwirwa.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


