Nyuma y’uko Federation mpuzamahanga y’umupira w’amaguru ishyize ahagaragara urutonde rw’ibihugu uko bigenda bisumbana mu manota mu mwaka wa 2016, hari n’urutonde rw’abazamu 10 babaye indashyikirwa muri uyu mwaka dusiza, ariko aba bazamu bakaba biganjemo abagaragaye cyane mu irushanwa rya Premier leaguer ryo mu Bwongereza.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Dore uko abo bakinnyi bakurikirana mu buryo bw’amafoto










Mu gukora uru rutonde, FIFA yagiye igaragara ku bazamu bagaragaje ubwitange budasanzwe mu mikino n’amarushanwa atandukanye yamaye muri uyu mwaka wa 2016.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com


