Gatsibo: Imibiri 59 yari i Kiramuruzi yashyinguwe mu cyubahiro mu rwibutso rwa Kiziguro

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11/4/2016, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascène, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Gatsibo mu gikorwa cyo gushyingura mu cyubahiroinzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Imibiri-26-yAbatutsi-bazize-Jenoside-niyo-yashyinguwe-mu-cyubahiro-mu-rwibutso-rwa-Kiziguro-Foto-Nsabiyumva-J-N

Dr Bizimana Jean Damascène yahaye abitabiriye uwo muhango ikiganiro ku ngengabitekerezo ya jenoside, anababwira n’aho u Rwanda rugeze ruyihashya.

Himuwe imibiri 59, ivanwa mu Murenge wa Kiramuruzi ishyirwa mu rwibutso rwa Kiziguro kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro.

m_Barifuza-ko-urwibutso-rwa-Kiziguro-ruvugururwa

Aka gace k’u Rwanda kazwi cyane kubera ubugome bw’uwigeze kuyobora Komine Murambi witwaga Gatete. Interahamwe zaho zari zaratojwe ubugome ndengakamere.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *