Iki ni igice cya 5 cy’ibibazo benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ikibazo benshi bahuriyeho nyuma yo kubona ibindi 4 byatambutse, ni ukwibaza pozisiyo nziza bakwifashisha kugirango umugore anyare.
Ubusanzwe pozisiyo nziza ni mwe (umugabo n’umugore) mwihitiramo bitewe n’uko ibanezeza, biragoye guhita ubwira umuntu uti fata iyi reka iriya, gusa benshi izo bakunze guhuriraho ni izi ebyiri zikurikira.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
1.Nku’uko bizwi ko umuco wo gutera akabariro unyaza ari umuco wa kera abanyarwanda bakunze gukoresha n’ubu kandi ukaba ugikunzwe, pozisiyo bakundaga gukoresha ni iyo Umugabo yicara hasi akarambura akaguru kamwe kakarambya akandi akagahina ariko agasa nk’ukaryamisha ku buryo ivi rijya hasi.
Umugore we aba yicaye neza imbere y’umugabo akicarira ka kaguru gahinnye ahagana ku kirenge, umugore we ahina amaguru yombi amavi akareba hejuru. Ako kaguru k’umugabo gahinnye umugabo akifashisha yigiza imbere n’inyuma umugore, ariko anabasha gukoza igitsina cye kuri rugongo neza, akinjira imbere neza yisanzuye,…
Byumvikane neza, mwese muba mwafashe umurego umubiri wanyu witeguye, bishatse kuvuga ko muba mwabanje gutegurana bihagije.
2.Uburyo bwa kabiri bukoresha na benshi, kabone niyo umugabo atagamije kunyaza umugore, ubu bwo umuore aryama agaramye, umugabo akamujya hejuru ariko agasa nkuzamura igihimba cye ku buryo kidakora ku cy’umugore.
Ubu buryo iyo umugabo aruha vuba, umugore agarama nko kugitanda agategera umugabo amaguru neza noneho umugabo akamupfukama imbere ku buryo amushikira neza ubundi agakora ibyo twatangaje mu gice cya 4.
Izi pozisiyo zifasha umugabo gufata igitsina cye ubu akagishyira hagati y’imishino yombi akubita hirya no hino maze akajya azamura amanura, icyo gihe umugore aritsa ahumeka ukabona ko aryohewe,ubikora nk’imashini ntumutekereze kugera aho amisha ibikari bishyushye inshuro zose ushaka.
Ni bwinshi ariko icyo mwebwe mwashakanye muba musabwa ni ukumenya ububaryoheye, kimwe n’uko hari abatinda kurangiza cyangwa kunyara, umugabo agakoresha urutoki cyangwa inkonji, ayikoza kuri rugongo ari nako igitsina akinjiza imbere akongera akagaruka inyuma.
Twabibutsa ko izi nyigisho tuzitanga zigenewe abarushinze cyangwa abari mu nzira yabyo, intego ntabwo ari ukwigisha ubusambanyi mu rubyiruko rufite irari ry’imibiri. Niwishora mu busambanyi uzakuramo imbwa yiruka.
Igice cya 6 kizaba kirimo ikibazo cyo kwibaza ibyiza byo kunyaza no kunyazwa ku ruhane rw’umugabo cyangwa umugore.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


