Ibihe byiza Justin Bieber yagiranye n’umukunzi we ku birwa bya Hawaii byamwunguye ibitekerezo

Sangiza iyi nkuru

Justin Bieber n’inshuti ye Sahara Ray bagaragaye ku birwa bya Hawaii bambaye ubusa,Bieber afata icyemezo cyo kuzahakodesha ibyumweru 2.
Nyuma y’aho Justin Bieber atandukanye na Selena Gomez akagaragara yahuje urugwiro na Katy Perry, kuri ubu acuditse bikomeye n’umunyamideli Sahara Ray ukomoka muri Australia bagirana ibihe byiza ku birwa bya Hawaii bambaye ubusa.

2d92a38655602eb48051f3ae65d20ffe
Umunyamideri Sahara Ray umaze iminsi arya ubuzima na Justin Bieber

Nk’uko bigaragara ku mafoto, ubwiza Bieber yabonye ku birwa bya Hawaii na Sahara; bwatumye ateganya kuzahakodesha igihe kingana n’ibyumweru 2 akazishyura amadolari angana n’ibihumbi 10 ijoro rimwe hatarimo indege izamuzengurutsa ibice bigize Hawaii.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Mu ntangiriro za 2016, Justin Bieber yashyizwe ku mwanya wa mbere na Billboard nk’umuhanzi winjirijwe agatubutse n’indirimbo ze.
36D79D3D00000578-3725891-image-a-99_1470420834792
imiterere yo kuri Hawai yashimishije Justin Bieber

Umutungo wabarirwaga kuri miliyoni 56 z’amadolari; amaze gushyira ahagaragara indirimbo Love yourself; Umutungo we ugera kuri miliyoni 232 z’amadolari nk’uko bigenda bishyirwa ahagaragara na Money Nation.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
MUREGO Anatty@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *