Mbese muri make kurangiza k’umugore ntabwo ari ibintu biza ngo uhite ubibona nkuko umugabo bigenda ni nayo mpamvu abagabo benshi batanabisobanukirwa, ukabaza umugabo uri nk’umuganga uti, ese umugore wawe ajya arangiza iyo mutera akabariro, akagusubiza agira ati: “nabibwira niki se?
Mu byukuri umugore urimo kurangiza nuko aba ageze ku ndunduro y’ibyishimo mu imibonano mu mibonano mpuzabitsina hakabaho kwiyongera cyane k’uburyohe yumva mu mubiri bikagera aho bimurenga, akaba yatangira no gutitira, aha bikaba biterwa no kuba bimwe mu bice by’imyanya ndangagitsina ye igenda ikangwa n’igitsina cy’umugabo inshuro nyinshi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Dore bimwe mu bimenyetso byabikubwira ko arimo kurangiza:
1.Guhumeka cyane insigane
2.aragukurura cyane akwiyegereza
3.amabereye ye arakomera n’imoko igakomera cyane
4.Ububobere buyiyongera mu gitsina cye
5.Ashobora kuvuga utugambo tutajyenye, agasa nkurimo kuvugishwa
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
6.mbere gato yo kurangiza, igitsina cye gisa nkikiyegeranya, kigateraguza nk’umutima
7.Abagore benshi iyo barangiza yitsa umugongo akazamuka cyane umutwe ukajya inyuma, umugongo we ukiheta nk’umuheto akwinjiramo cyane
8.Aba avuga nkurimo kubabara rimwe na rimwe asakuza ariko bitari cyane, aseka se, yumirije se cyangwa ariko kuvuga ibihozo arata umugabo
9.Ashobora kwahagira n’umutima we ugatera cyane, ndetse n’umuvuduko ukiyongera rimwe na rimwe wamureba ukabone mbese ameze nkutazi aho ari.
10.Kubyimba kw’igitsina by’umwihariko rugongo ariko umwenge w’imbere wo ukiyegeranya.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


