Ibimenyetso 4 by'ibanze bizakwereka umukobwa washatse imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Igihe cyose uzaba uri kumwe n’umukobwa w’inshuti cyangwa umugore wawe byange bikunde, hari bimwe mu byo mukora mu gihe muri kumwe ushobora kumukoraho, kumukinisha, kumuganiriza kumusoma ndetse n’ibindi byinshi wakwifuza bitewe n’igihe mwamarana.
[xyz-ihs snippet=”google”]
Nyuma yibyo byose hari bimwe mu bimenyetso umukobwa/umugore ashobora kugenda agaragaza uko umwanya ugenda ushira, bimwe muri byo twavuga:
Gutukura amaso: Akenshi bikunze kugaragara ko abakobwa bagira amaso yererutse (umweru) gusa ibi birahinduka mu gihe yashatse imibonano mpuzabitsina kuko usanga asa n’umutuku ku buryo bugaragara, akareba nk’ubyutse cyangwa ufite ibitots.
Kumira amacandwe buri kanya: Umukobwa wagize ubushake cyane uzasanga akenshi arimo kumira amacandwe buri kanya kandi akayamira ubona atamanuka kuko aba yacitse intege rimwe na rimwe no kuvuga bikaba ingorabahizi, ijwi ntirisohoke neza wagirango yasinze.
Gucika intege bigaragara: Nk’uko ikinyamakuru 7sur7, bwiza.com ikesha iyi nkuru kibitangaza, ngo Iyo umukobwa yashatse imibonano mpuzabitsina aba yacitse intege ku buryo akenshi icyo umukoresha cyose agikora, ni ukuvugango aho umujyanye ni ho ajya kabone n’ubwo yakabaye ari ku byanga ushobora kumva avuga ati oya ariko ukabona ari kubikora.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kuzana ururenda mu myenda y’imbere(ikariso): ubundi ntibisanzwe ko umukobwa atoha mu ikariso mu gihe atashatse gukora imibonano mpuzabitsina gusa iyo yagize ubushake bwinshi usanga mu gitsina cye ububobere bwiyongereye ku rwego rwo hejuru ku buryo bigera no ku myenda y’imbere bikaba byagera aho bihinguka n’inyuma.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *