N’ubwo benshi bemeza ko mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ariho bakura ibyishimo bidasanzwe, hari n’abayikora ku bw’ibyo ariko bakabikorana ubwoba bwinshi rimwe na rimwe bakarangwa n’ibi bimenyetso bikurikira.

1.Gusakuza cyane no kuboroga biteye ubwoba nibyo biri ku isonga
2.Gukomeza umubiri mu gihe arimo gukora imibonano mpuzabitsina : Aha ngo mugikorwa nyakuri ashyiramo umugaga.
3.Kuzamuka mubushyuhe bw’umubiri nk’urwaye ku buryo wamupima ugasanga atari ubushyuhe busanzwe ahubwo byabaye nk’indwara ikomeye.
4.Ntajya yifuza kandi ko bavuga ku byerekeye imibonano mpuzabitsina bimutera ubwoba cyane.
5.Mugihe k’imibonano mpuzabitsina ahindura uburyo bw’imihumekera ukagirango yaheze umwuka.
6.Gufata kumusego akawukagatira,akikorera amaboko nabyo biri mubyerekana ko atinya gukora imibonanampuzabitsina Ibi bikaba byarashyizwe hanze n’aba banditsi twavuzemo heruju.

Urubuga topsante dukesha iyi nkuru rutangaza ko bisaba ubushishozi dore ko bimwe muri ibi bimenyetso umukobwa ashobora kubigaragaza mu gihe yanezerewe wowe ukaba wakeka ko yatinye, gusa ibyiza iyo mukoze icyo gikorwa muganira biba byiza cyane.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


