1.Rihanna
Ntibitunguranye ko Rihanna aza ku isonga kuri uru rutonde, kuko uyu muhanzikazi akenshi yagiye agaragara mu itangazamakuru n’ahandi yashyize hanze amafoto ye atangaje, uretse no kuba yaragaragaye mu ruhame atambaye ikariso yanagiye agaragara kenshi mu mafoto yambaye uko yavutse.
2.Jennifer Lopez
Lopez nk’umubyeyi w’imyaka 46 y’amavuko, nawe akunze kugaragaza ikimero cye uko cyakabaye mu ruhame ndetse abenshi bemeza ko agira ikibuno gishotora abagabougereranyije na bagenzi be.
3.Beyonce
Beyonce nawe kohereza amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ubwambure bwe kandi akaba anashyigikiwe n’umugabo we Jay Z bafitanye umwana umwe.
4.Kate Middleton
Kate, umugore w’igikomangoma mu Bwongereza William, nawe yagaragaje ubwambure mu ruhame atamajwe n’umuyaga
5.Selena Williams
Serena Williams, icyamamare mu mukino wa Tenis yakunze kugaragara yambaye utwenda akinana hatarimo utw’imbere,ndetse rimwe na rimwe akunze no kujya mu kibuga kubera imbaraga nyinshi akoresha atiyitayeho ahubwo aharanira intsinzi, akisanga yambaye ubusa.
6.Lady Gaga
Uyu muhanzikazi, we kwambara ubusa yabigize umwuga aho akunze kwambara amakanzu adoze mu buryo bugaragaza ikibuno cyangwa igitsina cye uko cyakabaye, uretse no kwambara ubusa asanzwe azwiho no kugaragaza udushya mu ruhame yambaye ikanzu n’inkweto bikoze mu nyama, mu ruhu rw’inzoka,…
7.Kelly Rowland
Kelly Rowland, umuririmbyi akaba n’umunyamakuru kuri Televiziyo nawe ajya anyuzamo akagaragara mu ruhame nta twenda tw’imbere yambaye.
8.Rita Ora
Uyu mukobwa usanzwe amurika imideli akaba yaragaragaye atambuka ku itapi itukura nta kariso yambaye.
9.Miley Cyrus
Uyu mukobwa w’imyaka 23, akunze kuvugisha abafana amangambure cyane aho akunze kugaragara ku rubyiniro akora ibisa nko kwamamaza ubusambanyi akaba yaranashyize hanze amashusho y’imwe mu ndirimbo ze zikunzwe yambaye ubusa buri buri.
10.Celena Gomez
Kuva yatandukana n’uwahoze ari umukunzi we Justin Bieber yagiye arushaho gukuza umuco wo kugaragaza ubwambure,akaba yaragaragaye atambara akarega k’amabere, kimwe n’ikariso.
Ibi byamamare byose bishingiye ku mateka yabyo usanga bigenda bisimburana ku dushya ndetse n’ibindi bikorwa bitandukanye.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyaysenga Fred@Bwiza.com


