Icyamamare mu by’imideli, Dylan Penn yagaragaye yiyambitse ubusa mu gihugu kitari icye-AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Umunyamideli akaba n’umukinnyi wa Cinema,Dylan Penn yagaragaye ari ku mazi yambaye umwenda wo kogana (Bikini) ubwo yari ari mu biruhuko i Rio de Janeiro mu gihugu cya Brazil.
Uyu munyamideli yagaragaye asigwa amavuta ku mugongo amufasha kwirinda ubushyuhe bw’izuba yakuyemo umwenda wo hejuru amabere ye ari ku Karubanda.
P8
Penn wari wasabagijwe n’ibyishimo, yemeza ko Umugi yafatiyemo ikiruhuko ari nka Paradizo dore ko yari yishimanye n’imbaga y’abari bitegereje iserukiramuco muri Brasil ari nako anywa ku nzoga .
Uyu mukinnyi wa Cinema uvuga ko yifuza kugendera ku mahame y’ababyeyi be ndetse akanatera ikirenge mu cyabo, yatangarije ikinyamakuru Vanity Fair icyo ababyeyi be bamutekerezaho.
P9
Yagize ati “ kuba niyumvamo iby’imideli na Cinema byatuma ngera ikirenge mu cy’ababyeyi banjye. Batekereza ko mbibonamo amafaranga n’icyubahiro
Yakomeje agira ati” buri gihe mpora ntekereza ko nzaguma inyuma ya Camera, yego nibyo, ababyeyi banjye baranyishimira, kandi ntekereza ko ababyeyi banjye batabyitaho,ikizima ni uko mfite akazi.”
P7
Akomeje kubazwa ku bijyanye n’imyambarire ye niba itazamugira imbata agahora muri urwo no mu buzima busanzwe nk’umuntu umaze imyaka myinshi mu ruhando rwa Cinema, cyangwa niba yaragishije inama ababyeyi be.
Asubiza agira ati “ mu by’ukuri sinigeze mbagisha inama. Ndatekereza ko bakunda ibitekerezo byanjye nivumburiye.”
P5
Ubusanzwe Frances Penn Dlan akomoka muri Leta Zunze ubumwe za Amerika (Los Angels), akaba yiyumvamo ibijyanye no kumurika imideli ndetse no gukina Cinema.
Akaba ahuje uwo mwuga wa Cinema na Se umubyara kimwe na nyina Robin Wright, akaba ari umwe mu bakunda gutsindira ibihembo by’abakinnyi ba Cinema bitwaye neza bitegurwa muri amerika( Golden Global Award).
ANDI MAFOTO:
P10 P6 P4 P3 P2 P1
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *