Umuhanzi Karasira Clarisse yagize icyo avuga ku wamushinje kuba yarajyaga gusura umuhungu muri Ghetto bakaryamana, avuga ko ari ukumusebya kubera ishyari.
Kuva ejo ku wa Gatatu izina Clarisse Karasira riri kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’ubutumwa yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter.
Ni ubutumwa yanditse agaragaza ko kuba kuba yaranze kwiyandarika mu bukumi bwe no kwirinda umukiro atavunikiye’ ari byo byamugejeje ku rwego ari ho.
Ati: “Nanze kwiyandarika ngo nkurikire ibishashagirana mu bukumi bwanjye, nirinda umukiro ntavunikiye kuko narotaga igihe nk’iki. Bakobwa beza b’iwacu twiyubahe, turebe kure kandi duhange amaso ku byiza, Imana ntabwo izadukoza isoni.”
Ni ubutumwa butakiriwe neza na bamwe mu bakoresha Twitter, bashinja uyu muririmbyi kwishongora.
Ku ngingo ijyanye no kuba atarigeze yiyandarika mu bukumi bwe, umwe mu bakoresha Twitter yashinje Karasira kuba hari umuhungu yajyaga kureba muri Ghetto i Byumba bakaryamana.
Uyu kuri Twitter wiyita Gigi yagize ati: “I Byumba ya ghetto ya G watahagamo niwe mugabo wawe? Jya uvuga uziga turakuzi nuko tuba ducecetse”
Karasira atazuyaje yahise asubiza uyu muntu ko amuharabika.
Ati: “Nawe urabizi ko ugamije kunsebya ubeshya kandi ntacyo byankoraho mbimenyereye. Gusa Imana ikubabarire nanjye ndakubabariye.”
I Gicumbi Karasira yahize imyaka itatu nk’umunyeshuri w’indimi muri Collège de Rebero, nyuma yo kurangiza amasomo akora kuri Radio Ishingiro by’igihe gito aho yimenyerezaga umwuga w’itangazamakuru.
Karasira mu bundi butumwa yanditse kuri Twitter yavuze ko uwavuze biriya asanzwe amuzi, gusa akaba yamusebeje kubera ishyari amufitiye.
Ati: “Uriya mukobwa arabeshya cyane rwose. Ndamuzi, byantangaje nsanga ishyari burya ari ribi cyane. I hide her comment post ikijyaho, nanga ko abantu barangarira mu bugoryi yabeshye instead of focusing on the main idea and advice [aho kwita ku gitekerezo nyamukuru n’inama] natanze.”
Yunzemo ko icyiza ari uko umugabo we Sylivain Dejoie yamusubije agaragaza ko ashyigikiye umugore we.



50 Responses
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nge mbona ibyo Kararisa yavuze atari ngombwa kubivuga,kuko umuntu ashimwa n’abandi urumva rero ntiyabeshya kandi hari abamuzi neza nibyo yakoraga,kwirwa rero yishyiramo uwavuze kuriya ngo n’ishyari kandi ataribyo ndetse no guhisha comment ye bigaragaza ko ibyavuzwe bifite aho bihurira n’ukuri.Ese kuki abantu iteka bumva babavuga ibyiza gusa?Nge ndumva yakwemera no kunengwa kandi kwisobanura ntacyo bitanga.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ese nkibyo bimaziki?ikizima nuko yibeshejeho akaba ameze neza
Uwo mukobwa Wes amuvuga nyine ngo bimariki?yateka kwandagaza undi mwana Ni a atara mashyari?
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Mureke undi mwana. mujye mwirind amashyari. kuk namwe mushunguwe ntimwaba bazim kbx 2.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Mureke undi mwana. mujye mwirind amashyari. kuk namwe mushunguwe ntimwaba bazim kbx 2.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ese nkibyo bimaziki?ikizima nuko yibeshejeho akaba ameze neza
Uwo mukobwa Wes amuvuga nyine ngo bimariki?yateka kwandagaza undi mwana Ni a atara mashyari?
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nge mbona ibyo Kararisa yavuze atari ngombwa kubivuga,kuko umuntu ashimwa n’abandi urumva rero ntiyabeshya kandi hari abamuzi neza nibyo yakoraga,kwirwa rero yishyiramo uwavuze kuriya ngo n’ishyari kandi ataribyo ndetse no guhisha comment ye bigaragaza ko ibyavuzwe bifite aho bihurira n’ukuri.Ese kuki abantu iteka bumva babavuga ibyiza gusa?Nge ndumva yakwemera no kunengwa kandi kwisobanura ntacyo bitanga.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Aramuhemukiye cyakora. Ubwo se arumva adateye agatotsi mu rugo rwe?
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Aramuhemukiye cyakora. Ubwo se arumva adateye agatotsi mu rugo rwe?
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nukuri tuvugishije ukuri nirihe jambo tubona mubutumwa yatanze ryabakomerekeje? Ahubwo mbonye ko ntarukundo bamwe tugira mureke umuziranenge uwose umusebya ko atariyarabivuze?
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nukuri tuvugishije ukuri nirihe jambo tubona mubutumwa yatanze ryabakomerekeje? Ahubwo mbonye ko ntarukundo bamwe tugira mureke umuziranenge uwose umusebya ko atariyarabivuze?
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ubwo se uwo wabivuze kuki atabivuze kera niba ai ukuri?
kandi mumenye ko yubatse urugo bishobora kumuzanira ibibazo
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ubwo se uwo wabivuze kuki atabivuze kera niba ai ukuri?
kandi mumenye ko yubatse urugo bishobora kumuzanira ibibazo
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Uwiyishe ntaririrwa
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ibyoyavuze nukuri ninkimanuro umubyeyi aha abakobwabe gusa bavuga ibigoye imihoro ikagondama
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ibyoyavuze nukuri ninkimanuro umubyeyi aha abakobwabe gusa bavuga ibigoye imihoro ikagondama
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Aramaze niba yarajyagayo. Na Yezu yabajije abafarizayo ati:” UTARABIKORA N’AMUTERE IBUYE.” Habura n’umwe. None umuntu yubatse urugo rwe, yimereye neza n’umugabo we , none murashaka kumusenyera!!! NI AMASHYARI NYINE. Buriya rero niba mutanabizi, ako kavirusi muteye mu muryango wabo, KAGAYE KUBAHA IMBARAGA ZO KURUSHAHO GUKUNDANA NO KURWUBAKA RUGAKOMERA. Kandi ngo agati kateretswe n’IMANA ntigahungabanywa n’umuyaga. MUFUNGE UMUNWA, MUREKE URUGO RW’ABANDI. Murebe ibibareba, uwumva inama yatanze zamufasha, azikurikize, utabishaka akomeze ubwomanzi bwe uko ashaka.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Aramaze niba yarajyagayo. Na Yezu yabajije abafarizayo ati:” UTARABIKORA N’AMUTERE IBUYE.” Habura n’umwe. None umuntu yubatse urugo rwe, yimereye neza n’umugabo we , none murashaka kumusenyera!!! NI AMASHYARI NYINE. Buriya rero niba mutanabizi, ako kavirusi muteye mu muryango wabo, KAGAYE KUBAHA IMBARAGA ZO KURUSHAHO GUKUNDANA NO KURWUBAKA RUGAKOMERA. Kandi ngo agati kateretswe n’IMANA ntigahungabanywa n’umuyaga. MUFUNGE UMUNWA, MUREKE URUGO RW’ABANDI. Murebe ibibareba, uwumva inama yatanze zamufasha, azikurikize, utabishaka akomeze ubwomanzi bwe uko ashaka.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Aramaze niba yarajyagayo. Na Yezu yabajije abafarizayo ati:” UTARABIKORA N’AMUTERE IBUYE.” Habura n’umwe. None umuntu yubatse urugo rwe, yimereye neza n’umugabo we , none murashaka kumusenyera!!! NI AMASHYARI NYINE. Buriya rero niba mutanabizi, ako kavirusi muteye mu muryango wabo, KAGAYE KUBAHA IMBARAGA ZO KURUSHAHO GUKUNDANA NO KURWUBAKA RUGAKOMERA. Kandi ngo agati kateretswe n’IMANA ntigahungabanywa n’umuyaga. MUFUNGE UMUNWA, MUREKE URUGO RW’ABANDI. Murebe ibibareba, uwumva inama yatanze zamufasha, azikurikize, utabishaka akomeze ubwomanzi bwe uko ashaka.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Aramaze niba yarajyagayo. Na Yezu yabajije abafarizayo ati:” UTARABIKORA N’AMUTERE IBUYE.” Habura n’umwe. None umuntu yubatse urugo rwe, yimereye neza n’umugabo we , none murashaka kumusenyera!!! NI AMASHYARI NYINE. Buriya rero niba mutanabizi, ako kavirusi muteye mu muryango wabo, KAGAYE KUBAHA IMBARAGA ZO KURUSHAHO GUKUNDANA NO KURWUBAKA RUGAKOMERA. Kandi ngo agati kateretswe n’IMANA ntigahungabanywa n’umuyaga. MUFUNGE UMUNWA, MUREKE URUGO RW’ABANDI. Murebe ibibareba, uwumva inama yatanze zamufasha, azikurikize, utabishaka akomeze ubwomanzi bwe uko ashaka.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Uwiyishe ntaririrwa
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Yewe hariho abantu batishimira iterambere ryaba bandi koko.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Yewe hariho abantu batishimira iterambere ryaba bandi koko.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Huuuu!ese ubunibwo barikwibuka ibibibye?ubundise ibyobirabareba ikibi yakoze icyogihe nibwo mubyibutse Malayika murimwe arihe Imana niyo mucamanza wukuri nimushake iyindi mishinga
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Huuuu!ese ubunibwo barikwibuka ibibibye?ubundise ibyobirabareba ikibi yakoze icyogihe nibwo mubyibutse Malayika murimwe arihe Imana niyo mucamanza wukuri nimushake iyindi mishinga
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nihatari,abantu bama bafis ukuntu barondera gusevy umuntu ! surtout iyumuntu afis icoyagezeho cank yitejeje imbere!abamwanka baba benshi cane!ntibibatangaze rero
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nihatari,abantu bama bafis ukuntu barondera gusevy umuntu ! surtout iyumuntu afis icoyagezeho cank yitejeje imbere!abamwanka baba benshi cane!ntibibatangaze rero
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Niyiturize umuvandimwe abiyisi iyobabona useka bifuzako arira wagera kumashyari ho bikaba urundirwego cyane Clarisse mwibutseko gusebya umuntu bishobora gutuma asuzugurika ariko ntabwo bishobora kwanduza imico ye!!! Ntanubwo byavungura kumvugisha Imana yagupangiye, iturize mubyeyi mwiza
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Niyiturize umuvandimwe abiyisi iyobabona useka bifuzako arira wagera kumashyari ho bikaba urundirwego cyane Clarisse mwibutseko gusebya umuntu bishobora gutuma asuzugurika ariko ntabwo bishobora kwanduza imico ye!!! Ntanubwo byavungura kumvugisha Imana yagupangiye, iturize mubyeyi mwiza
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Mwiriwe. Imbuga nkoranya mbaga ni nziza kandi ni mbi iyo zikoreshejwe nabi. Twige kugendana ubuzima bwacu mu mitima yacu. Kuko si Benshi bishimira gutera imbere kwacu kandi si na benshi bashimishwa no kuba ahabi kwacu. Dutange inama aho bikwiye, tugirwe kandi inama.ibihe bihibindi. Twibuke ko kwigisha abantu ubavana mu kibi bisaba guca bugufi ukaba inshuti yabo ntubakomeretse. Kuko ntuzabwira uwiba uti “wa mujura reka kwiba ndore njye sinibye kandi mbayeho neza. Ahubwo uzamwereka ibibi byo kwiba umutwaze gake na cyane ko utazi icyamuteye kwiba.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Mwiriwe. Imbuga nkoranya mbaga ni nziza kandi ni mbi iyo zikoreshejwe nabi. Twige kugendana ubuzima bwacu mu mitima yacu. Kuko si Benshi bishimira gutera imbere kwacu kandi si na benshi bashimishwa no kuba ahabi kwacu. Dutange inama aho bikwiye, tugirwe kandi inama.ibihe bihibindi. Twibuke ko kwigisha abantu ubavana mu kibi bisaba guca bugufi ukaba inshuti yabo ntubakomeretse. Kuko ntuzabwira uwiba uti “wa mujura reka kwiba ndore njye sinibye kandi mbayeho neza. Ahubwo uzamwereka ibibi byo kwiba umutwaze gake na cyane ko utazi icyamuteye kwiba.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ntakibi rwose yavuze umwana wumukobwa nuko abantu banga inama ubus kubasangiza ububamya bwe agira inama abasigaye inyuma nibibi yitanzeho urugero nkuko yakoresha undi wese ufite ububamya bwiza byashoboka ko nishyari ririmo kuko ntakibi numvise muri buriya butumwa
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ntakibi rwose yavuze umwana wumukobwa nuko abantu banga inama ubus kubasangiza ububamya bwe agira inama abasigaye inyuma nibibi yitanzeho urugero nkuko yakoresha undi wese ufite ububamya bwiza byashoboka ko nishyari ririmo kuko ntakibi numvise muri buriya butumwa
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Mujye namwe mugenza macyeya mureke Clarisse atugire inama twe nkumi tutari twarushinga.Ese hari ushaka atarakundanye?Uwo uvuga ibya getho se kuki atabivuze mbere hhhhhh iryo ni ishyari rwose kuko no mubyo yavuze ntawe yabwiye nabi ahubwo abiyandarika nibo bagize amashyari.Musigeho umwari mwiza yubake urwe.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Mujye namwe mugenza macyeya mureke Clarisse atugire inama twe nkumi tutari twarushinga.Ese hari ushaka atarakundanye?Uwo uvuga ibya getho se kuki atabivuze mbere hhhhhh iryo ni ishyari rwose kuko no mubyo yavuze ntawe yabwiye nabi ahubwo abiyandarika nibo bagize amashyari.Musigeho umwari mwiza yubake urwe.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ariko mwese murarushywa nubusa kuko umugabowe aramuzi kandi barabanye niba yarasanze koko yarifashe ubwo niwe ubizi kandi niba yarasanze haruko bysgenze nabwo niwe ubizi ubwo rero murebe ibibareba si byo?
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ariko mwese murarushywa nubusa kuko umugabowe aramuzi kandi barabanye niba yarasanze koko yarifashe ubwo niwe ubizi kandi niba yarasanze haruko bysgenze nabwo niwe ubizi ubwo rero murebe ibibareba si byo?
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Muraho neza njye numva clalarise ibyoyavuze n’ibintu byinjyenz cyane kuko yajyiraga inama bajyenzi biwe kd uwo ukunda uramucyaha ark niba utakuyemo inama irinde gusebanya kuko banyirabyo barabyumva murakoze gsa displine mbere yabyose
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Muraho neza njye numva clalarise ibyoyavuze n’ibintu byinjyenz cyane kuko yajyiraga inama bajyenzi biwe kd uwo ukunda uramucyaha ark niba utakuyemo inama irinde gusebanya kuko banyirabyo barabyumva murakoze gsa displine mbere yabyose
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Muraho neza njye numva clalarise ibyoyavuze n’ibintu byinjyenz cyane kuko yajyiraga inama bajyenzi biwe kd uwo ukunda uramucyaha ark niba utakuyemo inama irinde gusebanya kuko banyirabyo barabyumva murakoze gsa displine mbere yabyose
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Muraho neza njye numva clalarise ibyoyavuze n’ibintu byinjyenz cyane kuko yajyiraga inama bajyenzi biwe kd uwo ukunda uramucyaha ark niba utakuyemo inama irinde gusebanya kuko banyirabyo barabyumva murakoze gsa displine mbere yabyose
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Muraho neza njye numva clalarise ibyoyavuze n’ibintu byinjyenz cyane kuko yajyiraga inama bajyenzi biwe kd uwo ukunda uramucyaha ark niba utakuyemo inama irinde gusebanya kuko banyirabyo barabyumva murakoze gsa displine mbere yabyose
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Muraho neza njye numva clalarise ibyoyavuze n’ibintu byinjyenz cyane kuko yajyiraga inama bajyenzi biwe kd uwo ukunda uramucyaha ark niba utakuyemo inama irinde gusebanya kuko banyirabyo barabyumva murakoze gsa displine mbere yabyose
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ngo ntiyiyandaritse? None c ni ngombwa ngo abirateee ni we utariyandatitse wenyine muri iyi si? Yewe uhiriwe n’urushako agira ngo akirusha abandi.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Ngo ntiyiyandaritse? None c ni ngombwa ngo abirateee ni we utariyandatitse wenyine muri iyi si? Yewe uhiriwe n’urushako agira ngo akirusha abandi.
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nukuri aramaze ubundi se ibyo birakureba wamukobwa we ubwo bugambo kucyi ubuzanye nonaha ubwo wari warabuze uko wamusebya none nawe ubonye ijambo humura arikumwe ni Mana ahubwo wowe Shakira ahandi kuko wacyishe turamukundu kd cyane indirimbo ze ziratwubaka nka bari nabatega rugori
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nukuri aramaze ubundi se ibyo birakureba wamukobwa we ubwo bugambo kucyi ubuzanye nonaha ubwo wari warabuze uko wamusebya none nawe ubonye ijambo humura arikumwe ni Mana ahubwo wowe Shakira ahandi kuko wacyishe turamukundu kd cyane indirimbo ze ziratwubaka nka bari nabatega rugori
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nukuri aramaze ubundi se ibyo birakureba wamukobwa we ubwo bugambo kucyi ubuzanye nonaha ubwo wari warabuze uko wamusebya none nawe ubonye ijambo humura arikumwe ni Mana ahubwo wowe Shakira ahandi kuko wacyishe turamukundu kd cyane indirimbo ze ziratwubaka nka bari nabatega rugori
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
Nukuri aramaze ubundi se ibyo birakureba wamukobwa we ubwo bugambo kucyi ubuzanye nonaha ubwo wari warabuze uko wamusebya none nawe ubonye ijambo humura arikumwe ni Mana ahubwo wowe Shakira ahandi kuko wacyishe turamukundu kd cyane indirimbo ze ziratwubaka nka bari nabatega rugori
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
ubundi uriya mukobwa (Damu) @Clarisse yatanze inama nziza ariko uburyo yakoresheje nibwo njye ntemeranya nawe kuko yashatse kwerekana ko uko abayeho ari inyiturano y’uko yitwaye mubukumi bwe kandi akirengagiza ko hari benshi bitwaye naneza kumurusha ariko uyu munsi bakaba babayeho nabi so uko ubayeho ntibigendana nuko witwaye ahubwo amahirwe ya muntu atandukana kuri buri wese naho iby’uriya wamuvzeho ko yajyaga muri ghetto I Byumba yabivuze kubera ko yabonaga atangiye kurengera nkaho twese tutamuzi kuba rero atarabivuze mbere nuko yabonaga nta mbarutso yatua abivuga ahubwo byagombye kubera isomo buri wese ugenda akigira Nyirandabizi yiyibagije abamuzi kuva mu bwana bwe kugeza aho ageze
Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba
ubundi uriya mukobwa (Damu) @Clarisse yatanze inama nziza ariko uburyo yakoresheje nibwo njye ntemeranya nawe kuko yashatse kwerekana ko uko abayeho ari inyiturano y’uko yitwaye mubukumi bwe kandi akirengagiza ko hari benshi bitwaye naneza kumurusha ariko uyu munsi bakaba babayeho nabi so uko ubayeho ntibigendana nuko witwaye ahubwo amahirwe ya muntu atandukana kuri buri wese naho iby’uriya wamuvzeho ko yajyaga muri ghetto I Byumba yabivuze kubera ko yabonaga atangiye kurengera nkaho twese tutamuzi kuba rero atarabivuze mbere nuko yabonaga nta mbarutso yatua abivuga ahubwo byagombye kubera isomo buri wese ugenda akigira Nyirandabizi yiyibagije abamuzi kuva mu bwana bwe kugeza aho ageze