Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Idamange Iryamugwiza Yvonne kuri uyu wa 15 Gashyantare 2021 yakomerekeje umupolisi mu mutwe, yihutishirijwa ku bitaro bya Kacyiru.
Nk’uko itangazo ribivuga, byabaye mu masaa kumi ubwo uru rwego rwifatanyijwe n’urw’ubugenzacyaha (RIB), zataga muri yombi uyu mugore ukekwaho guteza imvururu n’imidugararo muri rubanda.
Rigira riti: “Muri uyu mugoroba tariki ya 15 Gashyanttare 2021, Polisi ifatanyije na RIB bataye muri yombi Iryamugwiza ukekwaho ibyaha bikomeye birimo guteza imidugararo, yanga itabwa muri yombi rikurikije amategeko, ahohotera n’ushinzwe gukomeza amategeko.”
Iri tangazo ryakomeje riti “Ukekwa (Idamange) yakoresheje icupa akomeretsa mu mutwe umupolisi wahise yihutishirizwa ku bitaro by’Akarere bya Kacyiru kugira ngo ahabwe ubuvuzi.”
Mu masaa moya y’umugoroba w’uyu wa 15 Gashyantare 2021 ni bwo byamenyekanye ko Idamange yatawe muri yombi, nyuma y’iminsi mike abiganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga batangiye kumushinja ibyaha birimo gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yifashishije urubuga rwa YouTube.



4 Responses
Idamange ashinjwa gukomeretsa umupolisi, akajyanwa ku bitaro
Uwomugore wigize ishyano
Abeshya abanyarwanda asebya igihugu cyacu nu ubuyobozi bwacu aho urwanda rwavuye nta munyarwanda utahazi nutahazi afite ikibazo cyo mumutwe.
Ahanwe byintangarugero
Ntakwiye kwitwa umunyarwanda,utabera bumushakire igihano kiruta ibindi ariko batekereze numugabo witwa Karasira nawe ubutabera ntibumusige.
Murakoze
Idamange ashinjwa gukomeretsa umupolisi, akajyanwa ku bitaro
Uwomugore wigize ishyano
Abeshya abanyarwanda asebya igihugu cyacu nu ubuyobozi bwacu aho urwanda rwavuye nta munyarwanda utahazi nutahazi afite ikibazo cyo mumutwe.
Ahanwe byintangarugero
Ntakwiye kwitwa umunyarwanda,utabera bumushakire igihano kiruta ibindi ariko batekereze numugabo witwa Karasira nawe ubutabera ntibumusige.
Murakoze
Idamange ashinjwa gukomeretsa umupolisi, akajyanwa ku bitaro
Uwomugore wigize ishyano
Abeshya abanyarwanda asebya igihugu cyacu nu ubuyobozi bwacu aho urwanda rwavuye nta munyarwanda utahazi nutahazi afite ikibazo cyo mumutwe.
Ahanwe byintangarugero
Ntakwiye kwitwa umunyarwanda,utabera bumushakire igihano kiruta ibindi ariko batekereze numugabo witwa Karasira nawe ubutabera ntibumusige.
Murakoze
Idamange ashinjwa gukomeretsa umupolisi, akajyanwa ku bitaro
Uwomugore wigize ishyano
Abeshya abanyarwanda asebya igihugu cyacu nu ubuyobozi bwacu aho urwanda rwavuye nta munyarwanda utahazi nutahazi afite ikibazo cyo mumutwe.
Ahanwe byintangarugero
Ntakwiye kwitwa umunyarwanda,utabera bumushakire igihano kiruta ibindi ariko batekereze numugabo witwa Karasira nawe ubutabera ntibumusige.
Murakoze