Mu gihugu cy’u Buhinde ihene iherutse kubyara umwana ufite isura nk’iy’umuntu iriho akananwa, izuru ndetse n’umunwa n’amaso biteye nk’iby’umuntu, itungo ryateje ikibazo mu baturanyi b’uwo mworozi kuko ari ubwa mbere rihagaragaye muri ako gace.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Abaturanye n’umworozi wabyaje iri tungo ridasanzwe bavuga ko ari ubwa mbere babonye ihene imeze kuriya bityo urugo rwe bakaba bagize ubwoba bwo kongera kurwinjiramo

Mu minsi yashize, ni bwo na none muri Afurika y’Epfo havutse intama na yo iteye nk’iyi hene ariko yo ikaba yarahise ipfa mu masaha macye nyuma yo kuvuka.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com


