Icyamamare mu kwicuruza cyo muri Uganda, Shanita Namuyimbwa uzwi nka Bad Black atangaza ko igitsina cye ari icy’Imana ndetse n’igihugu cye ari nako yihanangiriza abagabo baryamana bagashaka kutamuvirira.
Uyu mugore azwiho kudaterwa ipfunwe n’umwuga azwiho wo kwicuruza kuko ngo umwinjiriza.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Snapchat, mu ka videwo gato Bwiza.com yabonye, Bad Black yibutsa abagabo ko igihe bamaze gukora icyabagenzaga bakwiriye guhita bataha aho gushaka kwiyongeza.
Ati “ Bavandimwe, iyo uje ukandongora, nkakwishyura, ndakwinginze, ndakwinginze, genda. Igitsina cyanjye ntabwo ari wowe cyaremewe. Hari abaza bakandongora, ndabyumva ariko [avuga mu Luganda], iki gitsina cyanjye ni icyo gukwirakwiza mu gihugu n’abandi bakaryoherwa.”
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
Bad Black akunda kwivugira ko we azakomeza gucuruza igitsina cye cyane ko ngo cyatumye agura imodoka. Uyu mugore azwiho gukora uburaya bwambukiranya imipaka mu bihugu bitandukanye.


