Ikibero no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga byamufashije kumenywa vuba-REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Corazon Kwamboka, umukobwa w’imyaka 23 y’amavuk ukomoka muri Kenya, ubu umaze kumenyakana cyane mu gihugu avukamo no mu karere k’ibiyaga bigali, uyu mukobwa ngo byose abikesha ikibero cye ndetse no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga.
Nk’uko ikinyamakuru kenyalife kibitangaza, ngo uyu mukobwa we ubwe ngo yifotozaga amafoto agaragaza bimwe ku bice by’ibanga by’umubiri we, yarangiza akayanyanyagiza ku mbuga nkoranyambaga.
nude
Imiterere y’umubiri we, ndetse no kurushaho kwigaragaza mu mafoto benshi bagiye bafata nko kwiyambika ubusa kuri internet, akaba abikora mu gihe yanarangije kaminuza mu ishami ry’amategeko (Law).
Se ubyara uyu mwana w’umukobwa ngo yageze aho atandukana n’umugore we kubera amafoto y’umukobwa wabo yari washyize hanze yambaye ubusa busa, ibintu ngo byaje guteza ubwumvikane buke mu muryango kugera aho se ata urugo.
Uyu mukobwa uvukana n’abandi bana 12, yarangije kaminuza muri 2013, kubera kumurika imideli amaze kumenyekanamo, mu mwaka wa 2013 nibwo yaguze inzu ya mbere, 2016 agura iya kabiri.
Ku mbuga nkoranyambaga yagize ati: “inzu yanjye ya 2, kandi mfite imyaka 23” .
Uretse ibi kandi ngo uyu mukobwa afite boutique, ibicuruzwa akaba ajya kubirangura muri Afurika y’Epfo, ku buryo afatwa nk’umukobwa umaze kwigwizaho agatubutse kubera ibanga yakoresheje ryo kwigwizaho abafana.
Amafoto:
k1 k2 k3 k4 k5 k6 k7 k8
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *