Imana izi ibyawe

Sangiza iyi nkuru

Iryo nijambo ryimana kubara 23:16 uwiteka amenya ko yahaye umugishya abisirayeri baramu na baraki babibeshyaho bashaka kubavuma.
Mu ubuzima abantu ntibamenya ibyo Imana yavuze kumuntu ni ibanga rikomeye nibwo bakubona ukennye bakakwibeshyaho ko utazagira icyo ugeraho, babona nta inzu ufite bagirango uwiteka ntakuzi, babona ntakazi bakunvako ntako uzigera ubona, ariko uwiteka azi ibyawe ndetse yabimenye utariwavuka.
Yabwiye yeremiya ngo nakumenye utaraba urusoro munda ya Mama wawe, yeremiya 1:4:5 uwiteka arinda ijambo yavuze yeremiya 1:12 ,harijambo ryavuzwe ni mana abantu batazi kuri wowe imana izi ibyawe humura.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bishop Dusabimana Isaie

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *