Imibyinire idasanzwe ya Perezida kenyatta mu matora yavugishije benshi (Mu mafoto)

Sangiza iyi nkuru

Ku mbuga nkoranyambaga hirya no hino hakomeje gucicikana amafoto ndetse n’amashusho ya Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta abyinana n’itsinda ry’abasore ubwo bari bamusuye iwe mu ngoro.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
c4j-9qguoaayjty
Aya mafoto atavuzweho rumwe, aherekejwe n’amagambo ya bamwe mu baturage bo muri kiriya gihugu bajora impamvu abyina yishimye mu gihe abaturage mu gihugu cye bari kwicwa n’inzara abandi barimo abaganga bamaze igihe mu mihanda bigaragambya kubera kudahembwa.
c4j-k7zvyaazi-n
Kuri uyu wa gatatu, nibwo itsinda ry’ababyinnyi rizwi nka FBI ryasuye Perezidansi ya Kenya risusurutsa perezida Kenyatta ndetse na bagenzi be bakorana ndetse bakaba bari baje banitwaje imyenda yo kubyinana aho na we bari bamugeneye imyenda yihariye yo kubyinana ijya gusa n’iyabo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
c4j-ogqueaaik6f
Iyi mbyino y’iri tsinda ry’abasore yari igamije gukangurira urubyiruko kwitabira amatora ndetse no gutora neza, yatumye Perezida Kenyatta nawe ahaguruka aranyeganyega akora nk’ibyo bakora.
c4j-q2eukaaspas(
 
c4j8lffvcaetu2k c4j8lrzumaejnxu
c4j8y6tvyaqpakm
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
c4j8pywvyaawgpc
Ku rubuga rwa Twitter, abanyepolitiki batandukanye batavuga rumwe na leta ya Kenya bajoye imyitwarire ya Perezida Kenyatta yo kubyina agaragaza ibyishimo bidasanzwe aho guhangayikishwa n’ubuzima
c4j8n1lvyaejpe9
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *