Impamvu 5 zitera abagore gutinya gukora imibonano mpuzabitsina muri pozisiyo yo kujya hejuru y’umugabo

Sangiza iyi nkuru

Ubundi abagore benshi ahanini usanga bishimira uburyo bwo gutera akabariro bari hejuru y’abagabo babo kuko ngo aribwo baba bafite ubushobozi bwo kuyiyobora,mu gihe abagabo nabo bamwe na bamwe bazakubwira ko bibatwara nk’abasazi “baryoherwa” iyo abagore aribo bari hejuru.
Nk’uko bitangazwa n’urubuga topsante, hari impamvu 5 z’ingenzi zituma abagore bamwe na bamwe batabasha kujya hejuru y’abagabo babo mu gihe cyo gutera akabariro.
images
1.Kuba umugabo afite igitsina kinini
Mu gihe umugabo afite igitsina kinini uburyo bwo gutera akabariro umugore ari hejuru y’umugabo bizaba ari nk’ipiganwa ku mugore,cyangwa igihano,kandi nyamara birashoboka ko umugore yamujya hejuru ariko igitsina cy’umugabo cyose nta cyinjize mucye.
2.Ni ikibazo ku bagore bahangayikishijwe n’uburyo amabere yabo angana
Abagore bitondera umubiri wabo cyane cyane amabere,rimwe na rimwe kugira amabere mato bisobanura ko umugore agiye guhangayikishwa n’amabere ye,bityo bigatuma adashobora kunjya hejuru y’umugabo mu gihe cyo gutera akabariro kubera ko aba azi neza ko umugabo agomba kuyakorakora.ni iby’ingirakamaro ko buri mugore wese yishimira umubiri we uko umeze kose.
image
3.Ni munini cyane kuri we
Abagore benshi bafite ibiro byinshi kurusha abagabo babo,batinya ko bashobora kwangiza abagabo babo mu gihe aribo bagiye hejuru,ugomba kunjya hejuru niyo waba ufite ibiro byinshi kurenza iby’umugabo,gusa wowe icyo wirinda ni ukumutsikamira cyane ndetse ukaniyoroshya.
4.Aruha vuba
Biroroshye ku mugore ko aruha vuba mu gihe agiye hejuru y’umugabo we nkuko aba ariwe uri gukora byose,ni ingenzi ko winyegenyeza buhoro buhoro ndetse ukagerageza no gufata umwuka wawe mu gihe gishoboka.
love
5.Ubwoba
Cyane cyane nk’abagore bafite igitsina gito batinya ko icyumugabo kimwinjiramo cyose kikaba cyamubabaza cyane, ahangaha ho ni akarusho ku mukobwa ugiye gukora imibonano mpuzabitsina yari isugi, ashobora kuva amaraso menshi kubera kwishita ku gitsina cy’umugabo bikaba byamaubabaza wowe mugabo bikazakugora kumumenyereza kuko ashobora kubabara akajya ayikora mu zindi pozisiyo nabwo yikanga.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *