Ubuyobozi bw’ibitaro bya’ Rwamagana burifuza gutanga akazi kigihe gito ku myanya ikurikira:
| No | Umwanya w’akazi | Umwirondoro | Umubare w’imyanya ipiganirwa |
| 1 | Umukontabure wo murwego rwa AO | Kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa AO muri 1 Management, Finance cyangwa Accounting. | 1 |
| 2 | Umukontabure bo murwego rwa A2 | Kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2 muri (Comptabilite). | 1 |
| 3 | Umukozi ushinzwe ikusanyamakuru — n’imibare(Data manager) wo mu rwego rwa AO | Kuba afite impamyabumenyi mu rwego rwa AOStatisticien, Sante Publique, Bio-Statistique na Demographie Kuba azi lnformatique yarahuguwe kuri Logiciel ya GESIS |
1 |
| 4 | Abaforomo bo mu rwego rwa A1 | -Kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A1 muri (General Nursing).-Kuba yaribaruje mu rugaga rw’abaforomo n’ababyaza, | 3 |
| 5 | Impuguke mubuvuzi bw’amaso yo mu rwego rwa A1 (Technicien superieur en Ophtalmologie | -Kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A1-Kuba yaribaruje mu rugaga afite License | 1 |
Ibyo umukandida agomba kuba yujuje
-Kuba ari Umunyarwanda,
-Kuba afite imyaka nibura 21 atarengeje imyaka 40,
-Kuba atarigeze akatirwa igihano cy’igifungo cy’amezi atandatu gusubiza hejuru,
-Kuba azi gukoresha mudasobwa (Microsoft word na Excel)
-Kuba azi ikinyarwanda, iGifaransa cyangwa n’icyongereza ,azi izo ndimi zose byaba arakarusho.
-Kuba indakemwa mu mico no mu myifatire
Uburvo bwo gusaba akazi
-Kuzuza formulaire yabugenewe isaba akazi (Application form)
-Fotokopi y’impamyabushobozi;
-Fotokopi y’indangamuntu;
-Umwirondoro w’usaba akazi (CV)
-Icyemezo cy’umukoresha wa nyurna ku bari basanzwe bakora.
Dosiye isaba akazi igomba kuba yageze mu bunyamabanga bw’ibitaro bya Rwamagana bitarenze taliki ya 30/03/2016 saa kumi n’imwe za nimugoroba.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bwiza.com



2 Responses
Imyanya 7 y�akazi k�igihe gito ku bitaro bya Rwamagana (Deadline 30/03/2016)
Banyakubahwa bayobozi mutuyobora neza mwiterambere namajyambere mbandikiye mbasaba akazi kubushoferi category B
Imyanya 7 y�akazi k�igihe gito ku bitaro bya Rwamagana (Deadline 30/03/2016)
Banyakubahwa bayobozi mutuyobora neza mwiterambere namajyambere mbandikiye mbasaba akazi kubushoferi category B