Imyitozo igaragaza ubuhangange bw’Abakomando (Sipecial Force) b’Abarusiya-AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu byambere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye(UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize J8,kandi kikaba ari n’igihugu cya kabiri gifite igisirikare gikomeye ku isi nyuma Leta zunze ubumwe za America.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uku kuvuga rikijyana si ukuba gifite ubukungu gusa,ahubwo ni igihugu gikunze kugaragara nk’igihanganye kubera kugaragaza guhangana na America,aho abayobozi bibi bihugu bakunze kugaragaza guhangana mu mbwirwa ruhame zabo.
Amafoto akomeje gutangaza benshi n’uburyo abasirikare bab’Abakomando b’igihugu cy’uburusiya bitoza nibyo bakora.
special-force11
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
special-force12
special-force2
special-force1special-force-10
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
special-force-9
special-force-7
special-force-6
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
special-force-4
special-force13
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Mecky Kayiranganga @bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *