evjkznbxmaeitih.jpg

Incuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza ntibasazoreza umwaka w’amashuri rimwe n’abandi

Sangiza iyi nkuru

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye, igaragaza ko abiga mu mashuri y’incuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza, bazasoza umwaka w’amasomo muri Nzeri 2021 mu gihe abandi basigaye bazayasoza muri Nyakanga 2021.

Iyi ngengabihe yerekana ko biga mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri abanza n’abiga mu mashuri yisumbuye bose bazasoza umwaka w’amashuri muri Nyakanga 2021.

evjkznbxmaeitih.jpg

evjk2hwxyae3sax.jpg

Kuva amasomo yahagarikwa muri Weurwe mu 2020 kubera iyaduka rya Coronavirus, hagiye habaho impinduka zirimo gusubukura amasomo nyuma y’amezi asaga umunani yarahagaze. Ibi byateje impinduka ku ngengabihe y’amasomo yari isanzweho.

Iyi ngangabihe iragaragaza ko mu Mujyi wa Kigali hazajya hagira umwihariko ku masomo kuko washyizwe muri Guma mu Rugo ya kabiri. Ni mu gihe ivuga ko kandi no muri wikendi hashobora kwifashishwa kugira ngo hirindwe icyuho mu masomo.

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Incuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza ntibasazoreza umwaka w’amashuri rimwe n’abandi
    Murakoze kutugezaho izo ngengabihe gusa biteye kwibaza kuyo muri Pre-primary na lower primary education aho hagaragara ibihembwe bitatu.Mwatubariza Ese ababyeyi bari barishyuye igihembwe cya mbere bazongera bacyishyure ko abana bazarangiza umwaka bishyuye inshuro enye(4) mu mwaka umwe cyangwa abishyuye ntibazishyura icya mbere?Murakoze.

  2. Incuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza ntibasazoreza umwaka w’amashuri rimwe n’abandi
    Murakoze kutugezaho izo ngengabihe gusa biteye kwibaza kuyo muri Pre-primary na lower primary education aho hagaragara ibihembwe bitatu.Mwatubariza Ese ababyeyi bari barishyuye igihembwe cya mbere bazongera bacyishyure ko abana bazarangiza umwaka bishyuye inshuro enye(4) mu mwaka umwe cyangwa abishyuye ntibazishyura icya mbere?Murakoze.

  3. Incuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza ntibasazoreza umwaka w’amashuri rimwe n’abandi
    MINEDUC yavangiye ababyeyi ba Kigali, umwihariko muvuga wahawe amashuri ya Kigali urihe? Pre school na Lower primary bazaruhukira rimwe nabo muntara!! Wakwiga ute ukwezi 1 hanyuma umubyeyi akishyura school fees n’igihembwe gisanzwe?? Ababyeyi bahombye school fees za term 1, 2020 none nubu bagiye guhomba!!

  4. Incuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza ntibasazoreza umwaka w’amashuri rimwe n’abandi
    MINEDUC yavangiye ababyeyi ba Kigali, umwihariko muvuga wahawe amashuri ya Kigali urihe? Pre school na Lower primary bazaruhukira rimwe nabo muntara!! Wakwiga ute ukwezi 1 hanyuma umubyeyi akishyura school fees n’igihembwe gisanzwe?? Ababyeyi bahombye school fees za term 1, 2020 none nubu bagiye guhomba!!

  5. Incuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza ntibasazoreza umwaka w’amashuri rimwe n’abandi
    MINEDUC yavangiye ababyeyi ba Kigali, umwihariko muvuga wahawe amashuri ya Kigali urihe? Pre school na Lower primary bazaruhukira rimwe nabo muntara!! Wakwiga ute ukwezi 1 hanyuma umubyeyi akishyura school fees n’igihembwe gisanzwe?? Ababyeyi bahombye school fees za term 1, 2020 none nubu bagiye guhomba!!

  6. Incuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza ntibasazoreza umwaka w’amashuri rimwe n’abandi
    MINEDUC yavangiye ababyeyi ba Kigali, umwihariko muvuga wahawe amashuri ya Kigali urihe? Pre school na Lower primary bazaruhukira rimwe nabo muntara!! Wakwiga ute ukwezi 1 hanyuma umubyeyi akishyura school fees n’igihembwe gisanzwe?? Ababyeyi bahombye school fees za term 1, 2020 none nubu bagiye guhomba!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *