212100

Israel yivuganye Umuvugizi wa Hamas

Sangiza iyi nkuru

Minisitiri w’ingabo muri Israel, Israel Katz, yatangaje ko Umuvugizi wa Hamas, Abu Obeida, yiciwe mu gitero cy’indege cya Israel.

Abu Obeida w’imyaka 40, ni we muntu uheruka muri Hamas uzwi cyane wishwe na Israel, nyuma y’uko igisirikare cyayo kishe abayobozi ba Hamas, Yahya Sinwar na Ismail Haniyeh.

Hagati aho nk’uko tubikesha DW, Impirimbanyi yo muri Suede, Greta Thunberg n’abandi benshi bagerageje kwerekeza muri Gaza bajyanye imfashanyo ariko bahagarikirwa muri Espagne.

Bije mu gihe abagenzura ibijyanye n’inzara ku isi batangaje ko ibice byinshi bya Gaza bitabasha kubona ibyo kurya.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *