Jackie Kazire yamennye ibanga avuga ko yasambanye n’umuhanzi Dr Jose Chameleon

Sangiza iyi nkuru

Jackie Kazire ubarizwa muri Uganda ( Mbarara District) yashyize ahagaragara ukuri ko yaryamanye n’icyamamare Chameleon burinda bubakeraho.
Uyu muhanzi akaba n’umukinnyi wa cinema akaba akora no kuri imwe muri televiziyo zo muri Uganda, yatunguye benshi ubwo yahishuraga ko yakoze imibonano mpuzabitsina na Chameleon ijoro ryose.
artworks-000074759386-g6fgxc-t500x500
Ni nyuma y’uko Chameleon avugiye ko kubona uburiri bimushotora kuko abigereranya nk’ibiryo biryoshye biboneka hagati y’amaguru y’abagore.
Mu buhamya yatanze abwira ikinyamakuru Ugandashowbz, uyu muhanzi Jackie yatangaje uburyo yafashemo Chameleon.
Ati” Nshuti zanjye reka mbabwire, hari inshuti wanjye ntari buvuge amazina ye, yambwiye uburyo Weasel yamuraranye ijoro ryose bigatuma atagoheka, nanjye nibyo byambayeho mu ijoro rimwe Chameleon yanyimye agahenge ndarira ariko biba iby’ubusa yanga kumvaho ahubwo akaza umurego burinda bucya”.
chamm
Mu gihe uyu mukobwa agereranya Chameleon nk’igisamagwe mu buriri, iki kinyamakuu cyatangajwe haruguru gitangaza ko gikomeje gukora ubucukumbuzi kuri aya makuru mu gihe Chameleon we atari yagira icyo abitangazaho.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *