Jeanne w’imyaka 30 arashaka umukunzi ufite gahunda yo kubaka

Sangiza iyi nkuru

Nitwa Jeanne, mperereye i Kigali, Nkaba mfite imyaka 30, ndashaka umukunzi uri hagati yimyaka 30 na 60, ufite gahunda yo kubaka, wiyemeje kujya kwipimisha HIV, Wubatse ( ufite inzu), ukunda gukora, Yubaha Imana, Kuba yarize cyangwa atarize nta kibazo, abaye afite abana nabyo nta cyo, winyangamugayo.
Njyewe ndi umu fille mere, mfite umwana umwe, Ndikorera, Nkunda imana, nanjye kwipimisha HIV nta kibazo, Ndi inzobe, Mfite  70kgs, Uburebure bwa 1,60m.
NB : Sinkunda umusore mugufi cy unanutse, ufite gahunda twavugana kuri +96879393743
Na we niba ushaka umukunzi, twandikire kuri email: kamikazigentille08@gmail.com cga uduhamagare kuri 0785058200.
Kanda Subscribe ujye ubona Video zigezweho 

YouTube player

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *