Jerome yiga kaminuza muri Kenya, arashaka umukobwa bakundana n’ubwo yaba yarabyaye nta kibazo

Sangiza iyi nkuru

Nitwa H. Jerome, umukunzi nifuza dore uko agomba kuba ateye:
Agomba kuba ari umukristo, afite urukundo, mbese ari Romantic, afite hagati y’imyaka 35 na 40, ari mugufi kandi aramutse afite akazi akora byaba ari akarusho.
Ndimo kwiga muri Kaminuza muri Kenya, n’ubu niho ndi  nzarangiza amashuri yanjye uyu mwaka, niyo yaba ari fille mere (yarabyariye iwabo) nta kibazo.
Nditeguye kumukunda, Ndabinginze Nshuti, mumbabarire umpamagara abe afite gahunda kuko ndashaka umukunzi bya nyabyo .
Iyi nimero +250784815517 wayimpamapagaraho cyangwa ukayimvugishaho ukoresheje Whatsup .
Murakoze ndategereje!
Nawe niba ushaka umukunzi, ushobora kutwandikira kuri email: kamikazigentille08@gmail.com
Kanda hano ukore SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n’indirimbo bishya

YouTube player

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *