Johan Djourou wahoze akina hagati muri Arsenal yamaze gutangaza ko mu minsi mike hagiye gusohoka Filme yagaragayemo akora imibonano mpuzabitsina n’ umugore.
Abifashijwemo na kompani yitwa “One Milion Dollar Film” ikora ikanatunganya Filme, ngo Louis Saha wahoze akina muri Man Utd na Bacary Sagna ukinira Manchester City nabo bari ku rutonde rw’abagomba gukorana nayo mu mishinga iri imbere.

Djourou muri Filme izajya hanze muri Kamena uyu mwaka, azagaragara aryamanye n’umugore wambaye umwenda wa kera Arsenal yahoze yambara handitseho izina ry’uyu musore inyuma mu mugongo.
Yagize ati:” nakoze iyi Filme mbifashijwemo n’umugore wanjye Emilie, byari amahirwe kugaragara mu gace kamwe gahebuje andi iruhande, byarantangaje sinarinzi ko nabishobora”.
Mu gihe yakomeje avuga ko inzozi ze agenda azigeraho niko abafana bakomeje kwibaza niba uyu musore atagiye kuba imbata y’izi Filme.

Johan Djourou w’imyaka 29 y’amavuko, akomoka muri Ivory coast akaba yarakiniye ikipe ya Etoile de Carouge nyuma ayivamo aza kwerekeza muri Arsenal nayo ayivamo 2014 yerekeza mu Busuwisi.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com


