Leta ya Yorodaniya yingeye kubyutsa igihano cy’urupfu nyuma y’imyaka isaga 8 yaragikuyeho. Ku munsi w’ejo tariki ya 4 Werurwe 2017, abagororwa 10 bishwe bamanitswe ku itegeko rya leta.
Abagororwa 10 muri aba 15 banyonzwe bakaba bari bamaze igihe bafunze kuko bari bakurikirnyweho ibyaha by’iterabwoba no kugira uruhare mu bitero byagabwe ku mujyi wa Baghdad muri 2003.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Abandi 5 basigaye bakaba bashinjwa ibyaha bijyanye no gusambanya ku gahato abagore n’abakobwa
Aba banyururu b’ibya politiki bahamijwe igihano cy’urupfu nubwo amategeko mpuzamahanga arengera uburenganzira bwa muntu atayemera ndetse iki gihugu kikaba cyari cyarakuyeho iki gihano guhera muri 2006 kikaba cyongeye gusubizwaho.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com


