Kenya: Abagabo bigaragaje nk’abanyamideri bambaye imyenda y'abagore-Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Abakozi ba Kompanyi Chrolide Exide b’abagabo  mu gihugu cya Kenya bashyize hanze amafoto  bambaye amakanzu  n’indi myenda y’abagore nk’abamurika imideri.

Aba bagabo barimo n’Umuyobozi Mukuru,Guy Jack bakoze ibi mu rwego rwo gukangurira abaturage guha agaciro ubuzima bw’abagore by’umwihariko guhangana n’ikibazo cya Kanseri y’ibere.

103722215 0c407900 7b16 4e81 b37d 9911092ea317

Aya mafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu gihugu cya Kenya aho benshi bakomeje kubishima mu gihe abandi babinenga.

103722213 0e4a7d6a e8c9 4639 973a b4cfb9b272b2

Umukozi Ushinzwe Serivisi z’abakiriya muri iyo kompanyi,  Stella Kamau yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko  ari igitekerezo cyafashweho uumwanzuro mu nama yabahuje mu rwego rwo kuzirikana icyumweru cyahariwe serivisi.

103722216 99980e06 b838 41bf abab 7f88e8ee58cf

Yagize ati” Bamwe baravugaga ngo ntibishoboka. Bibazaga ukuntu abagore n’abana babo bazakira iki gikorwa. Uko iminsi yagendaga ishira bageze aho barabyemera, barabikora”

103721175 cc1b6406 ab00 44a5 9987 e68e9b24f395

Uyu mukozi avuga ko iyi myenda ari abagore bayitanze haba amakanzu, inkweto n’ibindi.

103721174 a8a00902 f8f3 4ec7 877c c3f4c41d97cd

Aba bagabo bari babukereye

103722221 86302318 035e 4002 8fd0 f88f17fbf232

 

 

 

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *