Kenya: Umusirikare yiyahuye nyuma yo kuva kurwanya Al Shabab

Sangiza iyi nkuru

Umusirikare mu ngabo za Kenya yafashe icyemezo cyo kwiyahura ubwo yari mu giturage cy’iwabo ahitwa Bukalama muri Busia nyuma y’igihe gito avuye muri Somalia.

Abo mu muryango w’uyu musirikare bavuga ko Josh Ochieng Magar w’imyaka 52 wagombaga gusezererwa mu gisirikare kuwa 12 Werurwe yari yoherejwe mu kiruhuko hatazwi igihe cyari kuzarangirira nyuma yo ugaragaza ibimenyetso by’uburwayi bwo mu mutwe.

download
Ingabo za Kenya ku mupaka na Somalia

Iyi nkuru dukesha Standardmedia ivuga ko yari aherutse gutaha avuye kurwanya Al Shabab muri Somalia, aho abo mu muryango we bavuga ko yagarutse amahoro ariko afite ikibazo mu mutwe.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *