138950825_2922028421414122_6792655138406431008_n.jpg

Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha

Sangiza iyi nkuru

Mu mudugudu wa Murambi, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga, ho mu Mujyi wa Kigali, hari umwana w’umukobwa uvuga ko ari impfubyi, wafashwe ku ngufu n’abantu ataramenya afite imyaka 16 bakamutera inda. Avuga ko kuva yaterwa inda ari mu burushyi n’ingaruka zarushijeho kuba mbi nyuma y’aho ubuyobozi bwasenye inzu yari yubakiwe n’abaturage ubu akaba ari yo mpamvu atuye muri shitingi.

Ubwo Bwiza yasuraga Uwiragiye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 12 Mutarama 2020, yamusanze aho aba mu nzu yubakishije shitingi n’amabati, ayitangariza ubuzima abayemo aho yifuza umugiraneza wamufasha akabasha kubaho no gutunga umwana yabyaye. Yavuze ko ubusanzwe yigaga mu mwaka wa 3 w’amashuri y’isumbuye mu ishuri rya GS Mugano, ababyeyi be bapfuye mu 2015, maze ngo kuko yigaga aba ahandi yahisemo kuza gushaka ubuzima i Kigali mu 2019 mu kwezi kwa 10.

IKIGANIRO CYOSE MWAGISANGA HANO

Agira ati ” Nageze i Kigali mu kazi ko mu rugo, maze ubwo najyaga guhaha mpura n’abantu bamfata ku ngufu bantera inda, maze gutwita abo bantu nakoreraga baranyirukanye, mbaho nabi , nyuma inshuti z’umuryango ziramfasha.”

Uwiragiye avuga ko nyuma yo gufatwa ku ngufu yafashijwe n’abitwa “Inshuti z’Umuryango”, bashaka uburyo babigeza mu butabera ariko kuko atari azi abamufashe ku ngufu ntacyo byatanze.

Uyu mwana kandi avuga ko Inshuti z’Umuryango bamufashije kubona ikibanza ku buntu baranamwubakira ariko nyuma ubuyobozi bw’akagari buraza burayisenya.

Uyu mwana avuga ko yatumwe na gitifu w’umurenge ko yazana igipapuro cy’uko atifashije ariko gitifu w’akagari yanga kugisinya kugeza ubwo inzu ye yaje gusenywa.

Ati “ Nagiye ku kagari gitifu yanga kunsinyira ku gipapuro mudugudu yari yarampaye n’Inshuti z’Umuryango bataransenyera. Nsubirayo inshuro ebyiri nabwo arambyanga yambona akambwira ngo ndi umusazi yanga kunsinyira nyine, hari n’igihe najyagayo akananyihisha…”

138950825_2922028421414122_6792655138406431008_n.jpg

Avuga ko byarangiye bamusenyeye gitifu w’umurenge akamubwira ko agomba gushaka igipapuro cy’umudugudu cy’uko atifashije ngo azamukorere ubuvugizi bamufashe, ariko agiye ku kagari nabwo gitifu w’akagari arambyaga, nyamara mudugudu yamusinyiye.

Yasubiye ku murenge gitifu nawe amubwira ko raporo ituzuye amusubiza inyuma ngo ajye kureba gitifu w’akagari ngo amusinyire ariko asubiye kumureba aramwihisha nkuko abivuga.

Yabajijwe ukuntu yamenye ko gitifu yamwihishe asubiza agira ati: “Naragiye ngeze hano hepfo nsubira ku kagari ndahamusanga. Ndamubwira nti ese wansinyiye? Arambwira ngo ibyo bipapuro se ni iby’iki?”

Uwiragiye avuga ko yamusubije ko ari ibyo gitifu w’umurenge yamutumye amubwira abandi yagiye acaho bakamusinyira, arangije aramubwira ngo amusomere ibyo bintu yumve “yanga no kubisoma.”

Avuga ko gitifu hari undi muntu yahise ahamagara amubaza niba koko akwiye gusinya kuri ibyo bipapuro ariko ngo akamubwira ngo ntagasinye ibyo abonye byose. Ati “ Ntabwo muzi (uwo yahamagaye) nabonye ahamagara kuri telephone arangije aravuga ..ese ibi bipapuro by’Inshuti z’umuryango na mudugudu yanditseho bya wa mwana utishoboye wamubwiye ngo mbitereho kashe? Mbona arakupye ahita avuga ngo gitifu arambwiye ngo sinkasinye ku bipapuro byose mbonye..kandi ntabwo yari yagisomye, ntiyari azi n’ibiriho,”

Mu gahinda kenshi Uwiragiye avuga ko uyu muyobozi yanze kumusinyira inzu ye itarasenywa ndetse bamara no kuyisenya akanga no kumusinyira ngo akorerwe n’ubundi buvugizi.

138022373_234000291567831_880338847814445508_n.jpg

Ku murongo wa telephone, Bwiza yashatse kumva icyo uyu muyobozi w’akagari ka Nyanza avuga kuri iki kibazo, agira ati “ Uriya mwana …yabaga no mu wundi murenge, buriya ni umwimukira na hariya ntabwo bari bamuzi aje vuba. Ariko, ikibazo amaze kuhagera nta nubwo yatwibwiye nibura ngo avuge ati mfite ikibazo iki n’iki ngo akigaragaze..ahubwo yaragiye n’abantu bahariya kuko baba bashaka kwiyubakira aragenda baramwubakira.”

Uyu muyobozi yemera ko umwana yatewe inda ari muto kandi ari umukene, ariko akavuga ko yanze kuvuga uwamuteye ngo akurikiranwe. Ku kijyanye no gusenyerwa, avuga ko yasenyewe kubera ko yari yubakiwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko nta mbabazi yari kugirirwa. Ati ” Uriya mwana nanjye ndi umubyeyi ntabwo narorera kugira imbabazi. Ariko na none ntabwo nshobora kugira imbabazi hejuru y’amakosa”.

Uyu muyobozi avuga ko umurenge wemeye kumukodeshereza aho kuba, umusaba gushaka inzu yakodesha bakayimwishyurira, ariko ikigaragara kugeza uyu munsi aracyaba muri shitingi.

Uwiragiye uvuga ko ubu atunzwe no gucuruza agataro, arifuza ko hagira undi mugiraneza wamutera inkunga akamwubakira ndetse akanamufasha no mu buzima busanzwe ariko icyihutirwa ari uko yafashwa kubona aho aba.

Abashaka kumufasha no kumutera inkunga mwafasha binyuze kuri iyi nimero : 0785858696 cyangwa 0787507638.

Soma Izindi Nkuru

58 Responses

  1. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ministere y umuryango ishinzwe iki? Uru ruhinja ntirukwiye kuba mu muhanda. Nibafate uruhinja ibya nyona bizBa bikemuka. Uruhinja ni urw’igihugu. Ibigambo ntacyo bikemura, nimurengere uruhinja ako kanya

  2. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ministere y umuryango ishinzwe iki? Uru ruhinja ntirukwiye kuba mu muhanda. Nibafate uruhinja ibya nyona bizBa bikemuka. Uruhinja ni urw’igihugu. Ibigambo ntacyo bikemura, nimurengere uruhinja ako kanya

  3. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    No ,iyo numerous mumusabiraho ubufasha sibyo ?kuko ikibazo afire n’ubuyobozi budaha agaciro ubuzima yanyuzemo
    Baramwubakiye ntibyashimisha ubuyobozi ahubwo buhitamo kuyisenya ?kandi ni umunyarwanda wacu tubana ,tuvukana ese ubufasha mumusabira ni ubwa banyamahanga buzamugirira akamaro kuko ubwa banyarwanda babutesheje agaciro bamusenyera?

    Proposal:

    Leta yacu ifasha uwariwe wese by’umwihariko Rwanda nation buriya buyobozi bugaragaze bwa musenyeye bugaragaze ko bumushkaho akantu nkabandi Bose bubaka bitemewe?

    Ntabasaba ifunguro niba ashaka aho kuba harambye azanatungira uriya umwana kuki ubuyobozi bumusenyera nk’aho bwaka mufashije kwikura nubukene ?kumukodeshereza bizamara imyaka y’ubuzima bwe bwose?

    Gitifu wa kagari ndabona utarakura mubyo wihaye by a politique? ESE Es w’akagari aravuga muri media na ES w’umurenge si umuvugizi w’akarere ,,so ndumva icyi kibazo mwakibaza uhagarariye umujyi wa Kigali ! Dutegereje feedback

    1. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Uyu mwana mu bigaragara wasanga gitifu w’akagari aba yishakira ruswa y’ishimishamubiri umwana akaba yaramubereye ibamba akaba ariyo mpamvu yanga kumusinyira

    2. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Uyu mwana mu bigaragara wasanga gitifu w’akagari aba yishakira ruswa y’ishimishamubiri umwana akaba yaramubereye ibamba akaba ariyo mpamvu yanga kumusinyira

  4. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    No ,iyo numerous mumusabiraho ubufasha sibyo ?kuko ikibazo afire n’ubuyobozi budaha agaciro ubuzima yanyuzemo
    Baramwubakiye ntibyashimisha ubuyobozi ahubwo buhitamo kuyisenya ?kandi ni umunyarwanda wacu tubana ,tuvukana ese ubufasha mumusabira ni ubwa banyamahanga buzamugirira akamaro kuko ubwa banyarwanda babutesheje agaciro bamusenyera?

    Proposal:

    Leta yacu ifasha uwariwe wese by’umwihariko Rwanda nation buriya buyobozi bugaragaze bwa musenyeye bugaragaze ko bumushkaho akantu nkabandi Bose bubaka bitemewe?

    Ntabasaba ifunguro niba ashaka aho kuba harambye azanatungira uriya umwana kuki ubuyobozi bumusenyera nk’aho bwaka mufashije kwikura nubukene ?kumukodeshereza bizamara imyaka y’ubuzima bwe bwose?

    Gitifu wa kagari ndabona utarakura mubyo wihaye by a politique? ESE Es w’akagari aravuga muri media na ES w’umurenge si umuvugizi w’akarere ,,so ndumva icyi kibazo mwakibaza uhagarariye umujyi wa Kigali ! Dutegereje feedback

  5. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ariko hari ibintu bitera agahinda n’umujinya ukumva ubuze icyo ukora kweri! Ubuse nkumuntu usenyera uyu mwana ahetse nundi ngo arubahiriza amategeko mubyukuri nkuyu wamukorere iki kweri! Nonese kuki batabanje kumushakira aho aba ngo babone kumusenyera! Ese ubundi bubakaga ubwo buyobozi burihehe kuki butababujije kubaka ahatemewe! Rwose iyi ngirwa muyobozi ikwiye guhanwa by’umwihariko nabandi bakareberaho!

  6. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ariko hari ibintu bitera agahinda n’umujinya ukumva ubuze icyo ukora kweri! Ubuse nkumuntu usenyera uyu mwana ahetse nundi ngo arubahiriza amategeko mubyukuri nkuyu wamukorere iki kweri! Nonese kuki batabanje kumushakira aho aba ngo babone kumusenyera! Ese ubundi bubakaga ubwo buyobozi burihehe kuki butababujije kubaka ahatemewe! Rwose iyi ngirwa muyobozi ikwiye guhanwa by’umwihariko nabandi bakareberaho!

  7. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ariko birenze kumirwa!!!!!!gitifu wakagali ati numwimukira !!!!!ese we azi yaraje kwisi ate ? Ati yanze kuvuga uwamuteye inda ???? Wasanga ari nawe wayimuteye .hariho bamwe badakwiye kwitwa abayobozi,kuko bakabije gusenga ubuyobozi bwigihugu cyacu.bakwiye kugororerwa iwawa

  8. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ariko birenze kumirwa!!!!!!gitifu wakagali ati numwimukira !!!!!ese we azi yaraje kwisi ate ? Ati yanze kuvuga uwamuteye inda ???? Wasanga ari nawe wayimuteye .hariho bamwe badakwiye kwitwa abayobozi,kuko bakabije gusenga ubuyobozi bwigihugu cyacu.bakwiye kugororerwa iwawa

  9. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    None se ko mwashenye inzu igaragara kariya gashitingi mukaba mwarakaretse niko kubatse byemewe nn’ ayo mategeko muvuga? Mbega abayobozi igihugu gifite!!

  10. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    None se ko mwashenye inzu igaragara kariya gashitingi mukaba mwarakaretse niko kubatse byemewe nn’ ayo mategeko muvuga? Mbega abayobozi igihugu gifite!!

  11. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Hari ikibazo kiba gikomereye abayobozi kdi bagomba nom kugifatira umwanzuro!Ese,kuki atavugije induru mu gihe yafatwaga ku ngufu?…Akagari nikihanganire ibyabaye kamuvuganire abone uko yabaho n’urwo ruhinja.

    1. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Ibyo kutavuza induru byo ntumurenganye, buriya buri wese uhuye n’ikibazo gikomeye agira reaction yihariye, cyane ko aba atari ibintu yateguye.Gufatwa ku ngufu byo ni igikorwa kiremereye bitavugwa kandi cy’ubunyamaswa.Hari n’igige yaba yarahite ata ubwenge.
      Nta kumucira urubanza, ni victim icyo akeneye ni uguhumurizwa no gufashwa.

    2. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Ibyo kutavuza induru byo ntumurenganye, buriya buri wese uhuye n’ikibazo gikomeye agira reaction yihariye, cyane ko aba atari ibintu yateguye.Gufatwa ku ngufu byo ni igikorwa kiremereye bitavugwa kandi cy’ubunyamaswa.Hari n’igige yaba yarahite ata ubwenge.
      Nta kumucira urubanza, ni victim icyo akeneye ni uguhumurizwa no gufashwa.

    3. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Ibyo kutavuza induru byo ntumurenganye, buriya buri wese uhuye n’ikibazo gikomeye agira reaction yihariye, cyane ko aba atari ibintu yateguye.Gufatwa ku ngufu byo ni igikorwa kiremereye bitavugwa kandi cy’ubunyamaswa.Hari n’igige yaba yarahite ata ubwenge.
      Nta kumucira urubanza, ni victim icyo akeneye ni uguhumurizwa no gufashwa.

    4. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Ibyo kutavuza induru byo ntumurenganye, buriya buri wese uhuye n’ikibazo gikomeye agira reaction yihariye, cyane ko aba atari ibintu yateguye.Gufatwa ku ngufu byo ni igikorwa kiremereye bitavugwa kandi cy’ubunyamaswa.Hari n’igige yaba yarahite ata ubwenge.
      Nta kumucira urubanza, ni victim icyo akeneye ni uguhumurizwa no gufashwa.

    5. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Ibyo kutavuza induru byo ntumurenganye, buriya buri wese uhuye n’ikibazo gikomeye agira reaction yihariye, cyane ko aba atari ibintu yateguye.Gufatwa ku ngufu byo ni igikorwa kiremereye bitavugwa kandi cy’ubunyamaswa.Hari n’igige yaba yarahite ata ubwenge.
      Nta kumucira urubanza, ni victim icyo akeneye ni uguhumurizwa no gufashwa.

    6. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Ibyo kutavuza induru byo ntumurenganye, buriya buri wese uhuye n’ikibazo gikomeye agira reaction yihariye, cyane ko aba atari ibintu yateguye.Gufatwa ku ngufu byo ni igikorwa kiremereye bitavugwa kandi cy’ubunyamaswa.Hari n’igige yaba yarahite ata ubwenge.
      Nta kumucira urubanza, ni victim icyo akeneye ni uguhumurizwa no gufashwa.

    7. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Urumva ikibazo ari uko atavugije induru? Abo usambanya ni bangahe? Uwakubwira ngo ubagire abagore wabishobora? Hanyuma se urareba ukabona ari ikigoryi ku buryo abaho ubuzima bukakaye kuriya akanga kuvuga? Mujye mugabanya ubwibone no kwiyemera

    8. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
      Urumva ikibazo ari uko atavugije induru? Abo usambanya ni bangahe? Uwakubwira ngo ubagire abagore wabishobora? Hanyuma se urareba ukabona ari ikigoryi ku buryo abaho ubuzima bukakaye kuriya akanga kuvuga? Mujye mugabanya ubwibone no kwiyemera

  12. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Hari ikibazo kiba gikomereye abayobozi kdi bagomba nom kugifatira umwanzuro!Ese,kuki atavugije induru mu gihe yafatwaga ku ngufu?…Akagari nikihanganire ibyabaye kamuvuganire abone uko yabaho n’urwo ruhinja.

  13. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Arko narumiwe koko ,urwanda ruracyafite ubuyobozi nkubu koko ,!! umwana wuruhinja gififu agatinyuka ngo yavuye muwundi murenge kweri ,ahubwo uyumuyobozi nawe akiye gukurikiranwa byumwihariko ,kuko kuva muwundi murenge sikibazo,ubuse nituzi abantu bavuye hanze bubakiwe banatuje ninkaswe uwavuye muwundi murenge,arko mana yajye ubu subuyobozi pe ,uyumwana akwiye kwitabwaho hatitawe kuburyo yaba yaratewemo inda icyambere nukumufasha ubundi ibindi bikaza nyuma

  14. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Arko narumiwe koko ,urwanda ruracyafite ubuyobozi nkubu koko ,!! umwana wuruhinja gififu agatinyuka ngo yavuye muwundi murenge kweri ,ahubwo uyumuyobozi nawe akiye gukurikiranwa byumwihariko ,kuko kuva muwundi murenge sikibazo,ubuse nituzi abantu bavuye hanze bubakiwe banatuje ninkaswe uwavuye muwundi murenge,arko mana yajye ubu subuyobozi pe ,uyumwana akwiye kwitabwaho hatitawe kuburyo yaba yaratewemo inda icyambere nukumufasha ubundi ibindi bikaza nyuma

  15. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Morning… Ariko rero leta ifite kujya yitondera abayobozi b’inzego zibanze kuko har’igihe bitwara nkabari muri Island, iyo nk’umuyobozi yirengagije ikibazo cy’umwana abayumva akorera abanyarwanda cg aba yikorera nonese arashaka ngo Abe munzu ubuyobozi butamuhaye? In this country most of our local leaders lack competence ikindi kiyongeraho benshi ntabunyamwuga nabuke bafite…. local government should check on them for real

  16. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Morning… Ariko rero leta ifite kujya yitondera abayobozi b’inzego zibanze kuko har’igihe bitwara nkabari muri Island, iyo nk’umuyobozi yirengagije ikibazo cy’umwana abayumva akorera abanyarwanda cg aba yikorera nonese arashaka ngo Abe munzu ubuyobozi butamuhaye? In this country most of our local leaders lack competence ikindi kiyongeraho benshi ntabunyamwuga nabuke bafite…. local government should check on them for real

  17. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ese ubwo uwogitifu numubyeyi, niba arinawe numugome knd bidatinze lmana izamubaza icyo kibondo

  18. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ese ubwo uwogitifu numubyeyi, niba arinawe numugome knd bidatinze lmana izamubaza icyo kibondo

  19. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ariko iyo uvuze ubuyobozi bw’uRwanda uba utandukiriye vuga ngo umuyobozi kugiti cye ubuse utekereza nka so wakubyaye cyangwa nyoko ntimukumve umuntu ku giti cye yumva nabi ngo ubuyobozi bw’uRwanda oya kuko nawe yashyizwe kururiya mwanya batazi ko atekereza kuri nawe ubwawe harigihe wakora ibibi birenze ibye, gusa barahemutse ariko abumvankawe wiyise siriver bibeshyaho nibenshi. Imana itabare uriya mwana.

  20. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ariko iyo uvuze ubuyobozi bw’uRwanda uba utandukiriye vuga ngo umuyobozi kugiti cye ubuse utekereza nka so wakubyaye cyangwa nyoko ntimukumve umuntu ku giti cye yumva nabi ngo ubuyobozi bw’uRwanda oya kuko nawe yashyizwe kururiya mwanya batazi ko atekereza kuri nawe ubwawe harigihe wakora ibibi birenze ibye, gusa barahemutse ariko abumvankawe wiyise siriver bibeshyaho nibenshi. Imana itabare uriya mwana.

  21. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Nukuri ubuyozi nkubwo so tunny I bike eye harabashoboye kandi bakora ishingano zabo uwomwana aneye agahinda gusa imana imubere byose kandi imugez kubyo akeneye byose abantu ibyo batashobora imana yo irabishora imana nimurengere

  22. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Nukuri ubuyozi nkubwo so tunny I bike eye harabashoboye kandi bakora ishingano zabo uwomwana aneye agahinda gusa imana imubere byose kandi imugez kubyo akeneye byose abantu ibyo batashobora imana yo irabishora imana nimurengere

  23. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Nigute gitifu muzima avuga ngo numubyeyi! Ubu c aruwe yakwemera ko aba muri chitingi? Ntibyumvikana ukuntu uwagakwiye kumubera umuvugizi ariwe wamutesheje umutwe ngo ntiyavuze uwamuteye inda

  24. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Nigute gitifu muzima avuga ngo numubyeyi! Ubu c aruwe yakwemera ko aba muri chitingi? Ntibyumvikana ukuntu uwagakwiye kumubera umuvugizi ariwe wamutesheje umutwe ngo ntiyavuze uwamuteye inda

  25. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Nigute gitifu muzima avuga ngo numubyeyi! Ubu c aruwe yakwemera ko aba muri chitingi? Ntibyumvikana ukuntu uwagakwiye kumubera umuvugizi ariwe wamutesheje umutwe ngo ntiyavuze uwamuteye inda

  26. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Nigute gitifu muzima avuga ngo numubyeyi! Ubu c aruwe yakwemera ko aba muri chitingi? Ntibyumvikana ukuntu uwagakwiye kumubera umuvugizi ariwe wamutesheje umutwe ngo ntiyavuze uwamuteye inda

  27. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Nigute gitifu muzima avuga ngo numubyeyi! Ubu c aruwe yakwemera ko aba muri chitingi? Ntibyumvikana ukuntu uwagakwiye kumubera umuvugizi ariwe wamutesheje umutwe ngo ntiyavuze uwamuteye inda

  28. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Nigute gitifu muzima avuga ngo numubyeyi! Ubu c aruwe yakwemera ko aba muri chitingi? Ntibyumvikana ukuntu uwagakwiye kumubera umuvugizi ariwe wamutesheje umutwe ngo ntiyavuze uwamuteye inda

  29. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Yewe abayobozi b’ubu!!!! None kumusenyera murabona aricyo kibazo kihutirwa koko? Cg umuntu (abantu) nibo bihutirwa? Wenda mwakoze ibyo amategeko abasaba ariko nk’abayobozi mwari mukwiye kumushakira aho aba n’uruhinja rwe kuko bombi n’abana, noneho mukabona kuhasenya!!!! Ubwo koko n’abayobozi hari kubura uba amucumbikiye niba byari na ngombwa ko musenya?!?!?
    Naho kuvuga ngo ni umwimukira, chance nyinshi ni uko n’uwo muyobozi atari umunyakigali ahubwo ari umwimukira!!!!
    Leta y’u Rwanda nayo uko mbibona, turi muri 21th century, ntabwo ibyaha nk’ibi byagombye kuba bidahanwa! Gufata ku ngufu, kwica, etc byabaye umukino! Abantu barakosa barangiza bakimukira ahandi, bakaba mu Rwanda mu bwisanzure kandi ari aba criminel!!! Leta nirebe uburyo yagira DNA Database y’abaturage, ku buryo habaye ibikorwa by’urugomo, polisi yajya yifashisha iyo database kugirango ibone abo bagizi ba nabi!!!! Rwose birakabije!

  30. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Yewe abayobozi b’ubu!!!! None kumusenyera murabona aricyo kibazo kihutirwa koko? Cg umuntu (abantu) nibo bihutirwa? Wenda mwakoze ibyo amategeko abasaba ariko nk’abayobozi mwari mukwiye kumushakira aho aba n’uruhinja rwe kuko bombi n’abana, noneho mukabona kuhasenya!!!! Ubwo koko n’abayobozi hari kubura uba amucumbikiye niba byari na ngombwa ko musenya?!?!?
    Naho kuvuga ngo ni umwimukira, chance nyinshi ni uko n’uwo muyobozi atari umunyakigali ahubwo ari umwimukira!!!!
    Leta y’u Rwanda nayo uko mbibona, turi muri 21th century, ntabwo ibyaha nk’ibi byagombye kuba bidahanwa! Gufata ku ngufu, kwica, etc byabaye umukino! Abantu barakosa barangiza bakimukira ahandi, bakaba mu Rwanda mu bwisanzure kandi ari aba criminel!!! Leta nirebe uburyo yagira DNA Database y’abaturage, ku buryo habaye ibikorwa by’urugomo, polisi yajya yifashisha iyo database kugirango ibone abo bagizi ba nabi!!!! Rwose birakabije!

  31. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Yewe abayobozi b’ubu!!!! None kumusenyera murabona aricyo kibazo kihutirwa koko? Cg umuntu (abantu) nibo bihutirwa? Wenda mwakoze ibyo amategeko abasaba ariko nk’abayobozi mwari mukwiye kumushakira aho aba n’uruhinja rwe kuko bombi n’abana, noneho mukabona kuhasenya!!!! Ubwo koko n’abayobozi hari kubura uba amucumbikiye niba byari na ngombwa ko musenya?!?!?
    Naho kuvuga ngo ni umwimukira, chance nyinshi ni uko n’uwo muyobozi atari umunyakigali ahubwo ari umwimukira!!!!
    Leta y’u Rwanda nayo uko mbibona, turi muri 21th century, ntabwo ibyaha nk’ibi byagombye kuba bidahanwa! Gufata ku ngufu, kwica, etc byabaye umukino! Abantu barakosa barangiza bakimukira ahandi, bakaba mu Rwanda mu bwisanzure kandi ari aba criminel!!! Leta nirebe uburyo yagira DNA Database y’abaturage, ku buryo habaye ibikorwa by’urugomo, polisi yajya yifashisha iyo database kugirango ibone abo bagizi ba nabi!!!! Rwose birakabije!

  32. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Yewe abayobozi b’ubu!!!! None kumusenyera murabona aricyo kibazo kihutirwa koko? Cg umuntu (abantu) nibo bihutirwa? Wenda mwakoze ibyo amategeko abasaba ariko nk’abayobozi mwari mukwiye kumushakira aho aba n’uruhinja rwe kuko bombi n’abana, noneho mukabona kuhasenya!!!! Ubwo koko n’abayobozi hari kubura uba amucumbikiye niba byari na ngombwa ko musenya?!?!?
    Naho kuvuga ngo ni umwimukira, chance nyinshi ni uko n’uwo muyobozi atari umunyakigali ahubwo ari umwimukira!!!!
    Leta y’u Rwanda nayo uko mbibona, turi muri 21th century, ntabwo ibyaha nk’ibi byagombye kuba bidahanwa! Gufata ku ngufu, kwica, etc byabaye umukino! Abantu barakosa barangiza bakimukira ahandi, bakaba mu Rwanda mu bwisanzure kandi ari aba criminel!!! Leta nirebe uburyo yagira DNA Database y’abaturage, ku buryo habaye ibikorwa by’urugomo, polisi yajya yifashisha iyo database kugirango ibone abo bagizi ba nabi!!!! Rwose birakabije!

  33. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    birababaje pe esenkuwo gitifuwangagakumusinyira yarangiza akamwita umusazi azukuntubamusenyeye inzu barangizabakamusiga aho akageranaho yigira inamayo kubakashitingi ubuyobozibwariburihe bumazekubimenya bwakoze iki gusa uwogitifuwakagari akwiyeguhanwape

  34. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    birababaje pe esenkuwo gitifuwangagakumusinyira yarangiza akamwita umusazi azukuntubamusenyeye inzu barangizabakamusiga aho akageranaho yigira inamayo kubakashitingi ubuyobozibwariburihe bumazekubimenya bwakoze iki gusa uwogitifuwakagari akwiyeguhanwape

  35. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Mujye muduha inkuru nkizi muvuga ko umuyobozi nkuwo yatawe muri yombi.
    Hari ibintu bitari ibyo kwihanganira?
    Erega arifata akavuga ngo nawe ni Umubyeyi, uuuhhhhmm!!!!
    Umubyeyi utagira Impuhwe ????

  36. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Mujye muduha inkuru nkizi muvuga ko umuyobozi nkuwo yatawe muri yombi.
    Hari ibintu bitari ibyo kwihanganira?
    Erega arifata akavuga ngo nawe ni Umubyeyi, uuuhhhhmm!!!!
    Umubyeyi utagira Impuhwe ????

  37. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ibisobanuro uwo muyobozi yatanga ibyo ari byo byose nta gaciro bifite. Igikorwa cyose kitarimo ubwenge, kitarimo n’ubumuntu nta gaciro gihabwa. Uwo ngirwa Executif udakunda abana bamuvaneho ajye mu bimukwiriy, kuko nta cyo amaze. Wasanga ibyaha akora ari bibi cyane kurushaho. Nonese ko uyu mwana w’umukobwa yafashwe ku ngufu, igisubizo ni ukumuta ku gasozi? Usibye na nyina ukiri umwana, urwo ruhinja uraruziza iki? Uri Imana se ni wowe uca urubanza? Banza wihereho, kuko igikorwa wakoze cyo kumusenyera inzu bamwubakiye ukamuta hanze, ni cyo kibi kurusha icyo umutwerera cyo gusambana. Mujye mugira ubwenge!

  38. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ibisobanuro uwo muyobozi yatanga ibyo ari byo byose nta gaciro bifite. Igikorwa cyose kitarimo ubwenge, kitarimo n’ubumuntu nta gaciro gihabwa. Uwo ngirwa Executif udakunda abana bamuvaneho ajye mu bimukwiriy, kuko nta cyo amaze. Wasanga ibyaha akora ari bibi cyane kurushaho. Nonese ko uyu mwana w’umukobwa yafashwe ku ngufu, igisubizo ni ukumuta ku gasozi? Usibye na nyina ukiri umwana, urwo ruhinja uraruziza iki? Uri Imana se ni wowe uca urubanza? Banza wihereho, kuko igikorwa wakoze cyo kumusenyera inzu bamwubakiye ukamuta hanze, ni cyo kibi kurusha icyo umutwerera cyo gusambana. Mujye mugira ubwenge!

  39. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ibisobanuro uwo muyobozi yatanga ibyo ari byo byose nta gaciro bifite. Igikorwa cyose kitarimo ubwenge, kitarimo n’ubumuntu nta gaciro gihabwa. Uwo ngirwa Executif udakunda abana bamuvaneho ajye mu bimukwiriy, kuko nta cyo amaze. Wasanga ibyaha akora ari bibi cyane kurushaho. Nonese ko uyu mwana w’umukobwa yafashwe ku ngufu, igisubizo ni ukumuta ku gasozi? Usibye na nyina ukiri umwana, urwo ruhinja uraruziza iki? Uri Imana se ni wowe uca urubanza? Banza wihereho, kuko igikorwa wakoze cyo kumusenyera inzu bamwubakiye ukamuta hanze, ni cyo kibi kurusha icyo umutwerera cyo gusambana. Mujye mugira ubwenge!

  40. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ibisobanuro uwo muyobozi yatanga ibyo ari byo byose nta gaciro bifite. Igikorwa cyose kitarimo ubwenge, kitarimo n’ubumuntu nta gaciro gihabwa. Uwo ngirwa Executif udakunda abana bamuvaneho ajye mu bimukwiriy, kuko nta cyo amaze. Wasanga ibyaha akora ari bibi cyane kurushaho. Nonese ko uyu mwana w’umukobwa yafashwe ku ngufu, igisubizo ni ukumuta ku gasozi? Usibye na nyina ukiri umwana, urwo ruhinja uraruziza iki? Uri Imana se ni wowe uca urubanza? Banza wihereho, kuko igikorwa wakoze cyo kumusenyera inzu bamwubakiye ukamuta hanze, ni cyo kibi kurusha icyo umutwerera cyo gusambana. Mujye mugira ubwenge!

  41. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ubwose iryo niryoterambere birirwa baririmba?

  42. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ubwose iryo niryoterambere birirwa baririmba?

  43. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Icya mbere mbwira ubuyozi: Nimubanze mumenye ko umwana na nyina batishwe n’imbeho inzara kandi ko bafite umutekano. Mbese hariya hantu murabona umugizi wa nabi cg inyamaswa bitabagirira nabi mu gihe cya nijoro? None ubu bafite ubuhe burinzi? Ibi ntibibaho mu Rwanda ruyobowe na Nyakubahwa Paul Kagame!Ibi ntiyabyemera,nzi agaciro aha abanyarwanda cyane cyane umwana nk’ uyu w’ ikibondo. Mureke kumusebya.

  44. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Icya mbere mbwira ubuyozi: Nimubanze mumenye ko umwana na nyina batishwe n’imbeho inzara kandi ko bafite umutekano. Mbese hariya hantu murabona umugizi wa nabi cg inyamaswa bitabagirira nabi mu gihe cya nijoro? None ubu bafite ubuhe burinzi? Ibi ntibibaho mu Rwanda ruyobowe na Nyakubahwa Paul Kagame!Ibi ntiyabyemera,nzi agaciro aha abanyarwanda cyane cyane umwana nk’ uyu w’ ikibondo. Mureke kumusebya.

  45. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Buriyare biriya nibyo mubonye turikwibaza niba igihugu gifite abayobozi nkaba badatekereza kiraganahe? Mumudugudu barasinya gitifu arabyanze ashingiye kuki? Kumurenge barabyemera kukagari bakanga akagari kayobora umurenge? Uyumuyobozi wakagari afite ikibazo turasaba haguruka ikemure ikikikibazo

  46. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Buriyare biriya nibyo mubonye turikwibaza niba igihugu gifite abayobozi nkaba badatekereza kiraganahe? Mumudugudu barasinya gitifu arabyanze ashingiye kuki? Kumurenge barabyemera kukagari bakanga akagari kayobora umurenge? Uyumuyobozi wakagari afite ikibazo turasaba haguruka ikemure ikikikibazo

  47. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ubu koko uyu mwana arabaho ate muri iyi guma mu rugo? Noneho arahita aterwa izindi nda ahubwo! Nyamuneka Umurenge nimumutabare. Iyo nzu mwemera kumukodeshereza namwe mwayishaka ariko aba bana bombi bakarengerwa. Amategeko se abuza abantu kugira umutima? Uyu gitifu w’Akagari jye nahita mwirukana nta muyobozi umurimo.Reba imibu irara irya aba bana, ubu nta na mituel bafite, ibisahiranda gabo n’amabandi bimuraraho nta kirengera afite, za sida n’izindi ndwara…….. Ni agahinda, mbega kubura kivulira? Ngo kuva mu wundi Murenge… icyo ni icyaha? We buriya aho atuye niho yavukiye iriya ngirwa muyobozi?

  48. Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha
    Ubu koko uyu mwana arabaho ate muri iyi guma mu rugo? Noneho arahita aterwa izindi nda ahubwo! Nyamuneka Umurenge nimumutabare. Iyo nzu mwemera kumukodeshereza namwe mwayishaka ariko aba bana bombi bakarengerwa. Amategeko se abuza abantu kugira umutima? Uyu gitifu w’Akagari jye nahita mwirukana nta muyobozi umurimo.Reba imibu irara irya aba bana, ubu nta na mituel bafite, ibisahiranda gabo n’amabandi bimuraraho nta kirengera afite, za sida n’izindi ndwara…….. Ni agahinda, mbega kubura kivulira? Ngo kuva mu wundi Murenge… icyo ni icyaha? We buriya aho atuye niho yavukiye iriya ngirwa muyobozi?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *