Umugabo witwa Faustin Simbigarukaho usanzwe ari umunyamakuru wa siporo yahiye ubwo yashakaga kunywa telemusi yose y’igikoma nk’intego yari yihaye igihe Ikipe ya Chelsea yatsindwa na Atletico Madrid muri 1/4 cya UEFA Champions League. Amashusho BWIZA ikesha urukuta rwa Twitter rwa Radio 10 Simbigarukaho ntibyamuhiriye kuko yahiye. Radio 10 iti ” Nyuma y’uko Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
(https://twitter.com/Radiotv10rwanda) yerekana uwo mugabo agerageza kunywa icyo gikoma kuko Chelsea byarangiye itsinda ibitego bibiri ku busa bwa Atletico Madrid.
@simbigarukaho_f avuze ko Chelsea nitsinda anywa Tilimusi yuzuye igikoma, Chelsea birangira itsinze yanyweye igikoma cyiramwotsa.”


