Kigali: Umugabo yahiye ubwo yihaga intego yo kunywa telemusi yuzuye igikoma

Sangiza iyi nkuru

Umugabo witwa Faustin Simbigarukaho usanzwe ari umunyamakuru wa siporo yahiye ubwo yashakaga kunywa telemusi yose y’igikoma nk’intego yari yihaye igihe Ikipe ya Chelsea yatsindwa na Atletico Madrid muri 1/4 cya UEFA Champions League.

Amashusho BWIZA ikesha urukuta rwa Twitter rwa Radio 10
(https://twitter.com/Radiotv10rwanda) yerekana uwo mugabo agerageza kunywa icyo gikoma kuko Chelsea byarangiye itsinda ibitego bibiri ku busa bwa Atletico Madrid.

Simbigarukaho ntibyamuhiriye kuko yahiye. Radio 10 iti ” Nyuma y’uko
@simbigarukaho_f avuze ko Chelsea nitsinda anywa Tilimusi yuzuye igikoma, Chelsea birangira itsinze yanyweye igikoma cyiramwotsa.”

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *