Uburayi: Ibyinshi mu bihugu byari byahagaritse urukingo rwa AstraZeneca byavuye ku izima
Kuva kuri uyu wa Gatanu ibihugu bitandukanye byo ku mugabane w’Uburayi birasubukura igikorwa cyo gukingira abaturage babyo COVID-19 byifashishije urukingo rwa AstraZeneca, nyuma y’igihe byarahagaritse uru rukingo. AFP yavuze ko ba Minisitiri b’Ubuzima mu bihugu by’Ubutaliyani n’Ubudage bayitangarije ko ibikorwa byo gukingira hifashishijwe urukingo rwa AstraZeneca bisubukurwa kuri uyu wa Gatanu. Ku wa Gatanu kandi […]
Kigali: Umugabo yahiye ubwo yihaga intego yo kunywa telemusi yuzuye igikoma
Umugabo witwa Faustin Simbigarukaho usanzwe ari umunyamakuru wa siporo yahiye ubwo yashakaga kunywa telemusi yose y’igikoma nk’intego yari yihaye igihe Ikipe ya Chelsea yatsindwa na Atletico Madrid muri 1/4 cya UEFA Champions League. Amashusho BWIZA ikesha urukuta rwa Twitter rwa Radio 10 (https://twitter.com/Radiotv10rwanda) yerekana uwo mugabo agerageza kunywa icyo gikoma kuko Chelsea byarangiye itsinda ibitego […]
Ijambo rya nyuma Perezida Magufuli yasize abwiye Abatanzaniya
Tariki ya 5 Ugushyingo 2015 ni bwo Perezida Dr. John Pombe Magufuli yatangiye kuyobora Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania nyuma yo gutsinda amatora yo ku wa 25 Ukwakira 2015 nk’umukandida uhagarariye ishyaka CCM (Chama Cha Mapinduzi) ku majwi 55.06%, atsinze abarimo Edward Lowassa wari uhagarariye CHADEMA, we wagize amajwi 31.91%. Dr Magufuli wari usimbuye Jakaya […]
Museveni yajyanye ikinyamakuru Daily Monitor mu nkiko
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yajyanye mu nkiko ikinyamakuru Daily Monitor agishinja kumushushanya nk’umuntu w’umuhemu. Ni nyuma y’inkuru yatambutse muri kiriya kinyamakuru kigendeye ku yanditswe bwa mbere n’ikinyamakuru Wall Street Journal cyo muri Amerika, ivuga ko Museveni n’abantu ba hafi ye bikingije COVID-19 mu ibanga, mu gihe Uganda itari yakakiriye inkingo za kiriya cyorezo. […]
Rusizi: Abagabo 2 bakurikiranyweho gutwika igikoni cy’ishuri

Abagabo 2, Munyentwari ClĂ©ment wo mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko na Nemeyabahizi Daniel w’imyaka 37 bari abakozi bo mu gikoni cy’Urwunge rw’Amashuri rwitiriwe Mutagatifu Pawulo mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi, bafungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Bugarama bakurikiranyweho gutwika igikoni cy’iri shuri, ibikoresho byose byo mu gikoni bifite agaciro ka hafi miliyoni […]
Waba Umuganda cyangwa Umukiga twese tujya kuri W.C- Umuyobozi muri Makerere
Umuyobozi mu ishami ry’Uburezi muri Kaminuza ya Makerere, Prof. Anthony Muwagga Mugagga avuga ko abantu bashyira imbere ibintu by’amoko bakwiriye kubireka kuko n’ubundi abantu ari bamwe, afatira ku ngingo yo kuba bose bakenera kujya kwituma kuri W.C Prof. Muwagga ayobora Ikigo gishinzwe Ubushakashatsi mu Burezi gishamikiye kuri Kaminuza ya Makerere. Mu kiganiro na NTV cyari […]
Inteko ya Esipanye yemeje itegeko ritanga uburenganzira bwo kwiyahura
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Esipanye kuri uyu wa 18 Werurwe 2021 bemeje itegeko ryo gufasha umuntu ushaka gupfa kurangiza ubuzima bwe bitamugoye, hifashishijwe uburyo burimo guterwa urushinge. Ni nyuma y’aho abagize Inteko 202 muri 345 bari bamaze gutora iri tegeko, abandi 141 bararyanga mu gihe abandi babiri bifashe. Akenshi byakunze kugaragara ko abakenera kwiyahura […]
U Rwanda rurunamira Dr Magufuli kugeza igihe azashyingurirwa

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho igihe cyo kunamira Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli waraye apfiriye mu bitaro bya Dar es Salaam azize indwara y’umutima. Nk’uko itangazo ryasohowe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe byabitangaje kuri uyu wa 18 Werurwe, kunamira Dr Magufuli ku rwego rw’igihugu biratangira uyu munsi bizageze ku munsi nyakwigendera azashyingirwaho. […]
Perezida Kenyatta yashyizeho iminsi 7 yo kunamira Dr Magufuli
Perezida wa Repubulika ya Kenya, Uhuru Kenyatta yashyizeho iminsi 7 yo kunamira Dr Magufuli wayoboraga Tanzania, waraye apfuye ku mugoroba w’ejo tariki ya 17 Werurwe 2021. Itangazo Perezida Kenyatta mu itangazo ryo kuri uyu wa 18 Werurwe yashyizeho umukono, yagize ati: “Nababajwe n’urupfu rw’umuvandimwe, Nyakubahwa John Pombe Magufuli, Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania.” […]
Perezida Kagame yunamiye ‘inshuti n’umuvandimwe’ we Magufuli
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yifatanyije n’abayobozi batandukanye ku Isi mu kunamira Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania witabye Imana. Mu ijoro ryakeye ni bwo Visi-Perezida wa Tanzania, Samia Hassan Suluhu, yatangaje ko Magufuli yitabye Imana aguye mu bitaro byitiriwe Jakaya Kikwete i Dar Es Salaam. Mu ijambo ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu, Madamu Suluhu yatangaje […]
Videwo: Uwimana wagaragaye ahondagura umwana we yakorewe ibizamini by’ubuzima bwo mu mutwe
Umuvugizi w’urwego rushinzwe iperereza ry’ibyaha muri polisi ya Uganda (CID), Charles Atwine avuga ko Uwimana Patience wagaragaye muri videwo ari gukubita umwana we, yakorewe ibizamini by’ubuzima bwo mu mutwe. Videwo BWIZA ikesha NTV: https://www.ntv.co.ug/ug/news/national/woman-captured-on-video-torturing-child-taken-through-mental-tests-3326452?utm_medium=social&utm_source=twitter_ntvuganda Byinshi kuri Uwimana, wasoma: https://bwiza.com/?Uwimana-wagaragaye-ahondagura-umwana-yigeze-gushaka-kwica-se-n-umugabo Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Intekerezo zihabanye mu batavuga rumwe n’ubutegetsi ku rupfu rwa Magufuli
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania bagaragaje imyumvire itandukanye ku rpfu rwa Perezida w’icyo gihugu, Jonh Pombe Magufuli rwabaye kuri uyu wa 17 Werurwe 2021. Muri bo, hari abumvikanisha ko nibura bamwubahaga nk’uyoboye igihugu mu gihe abandi bo byafatwa nk’aho ahubwo biruhukije. Zitto Kabwe ukuriye ishyaka ACT Wazalendo, uba mu Bubiligi, ari mu batangaje mbere iby’uburwayi […]
Rwanda-Burundi: Abahagarariye ingabo baba baherutse guhura nyuma gukozanyaho
Tariki ya 28 Gashyantare 2021, ingabo z’u Rwanda zarwaniye n’iz’u Burundi ku musozi wa Twinyoni mu Ntara ya Cibitoke, hafi y’urubibi ruhuza ibihugu byombi. Nk’uko Jeune Afrique yabitangaje, iyi mirwano yabaye ubwo ingabo z’u Rwanda zirukanaga abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR na FLN bari mu ishyamba rya Nyungwe, bitegura kugaba igitero mu gihugu, zibageza […]
Ntabwo umuturage yaba umupagasi wa leta, Nta shyaka nigeze njyamo- Dr Kayumba yashinze ishyaka
Urwibutso rwa Magufuli ku Rwanda, igihugu yasuye bwa mbere nka Perezida wa Tanzania (Amafoto)

Mu ijoro ryakeye ni bwo Visi-Perezida wa Tanzania, Samia Hassan Suluhu, yatangaje ko Dr John Pombe Magufuli wari Perezida w’iki gihugu yitabye Imana aguye mu bitaro byitiriwe Jakaya Kikwete i Dar Es Salaam. Perezida Magufuli waherukaga kurahirira kuyobora Tanzania muri manda ya kabiri y’imyaka ine iri imbere, byatangajwe ko yazize indwara y’umutima. Perezida Magufuli w’imyaka […]
Chelsea yasubiriye Atletico Madrid, yo na Bayern Munich zuzuza amakipe 8 azakina 1/4 cya Champions league
Ikipe ya Chelsea na Bayern Munich zujuje umubare w’amakipe 8 azakina 1/4 cy’irangiza cya UEFA Champions league, nyuma yo kwitwara neza imbere ya Atletico Madrid na Lazio Roma. Chelsea y’umutoza Thomas TĂĽchel yari yakiriye Atletico Madrid ya Diego Simeone i Stamford Bridge, iyihatsindira ibitego 2-0 byatumye iyisezerera ku giteranyo cy’ibitego 3-0. Ni nyuma y’uko mu […]