Mu gihe hari benshi bibazaga impamvu cyangwa intego aba afite, Kim Kardashian umugore w’icyamamare Kanye West, yasobanuye ikimutera kwambara utwenda tubonerana dutuma amabere ye abonwa na buri we.

Yagize ati: “nkunda imyenda ibonerana, bikanangaragariza icyo abantu batekereza”.
Uyu mugore wirata ubwiza n’uburanga, avuga ko nyuma yaho abyariye umwana wa kabiri yatakaje ibiro bye 31, ibyo byose bikaba biza mu bituma arushaho kugaragara neza mu ruhando rw’Abanyamideli, ibi kandi bikanatuma igituza cye kirushaho kuba kiza no kuberwa n’ibyo aba yambaye.



Uyu mugore w’imyaka 35 y’amavuko azwiho kwiyambika ubusa kuri internet kugera naho afotorwa yambaye ubusa busa, rimwe na rimwe akanikora mi rwego rwa business ubundi mu bu
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


