Komanda w’ingabo z’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) zagiye mu butumwa bw’amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Major General Jeff Nyagah, yatangaje ko atazemerera umutwe witwaje intwaro wa M23 gufata umujyi wa Goma.
Maj. Gen. Nyagah yabitangarije Abanyekongo bo mu ngeri zitandukanye bitabiriye imishyikirano igamije gushakira umuti urambye ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe mu burasirazuba bwa RDC, i Nairobi kuri uyu wa 4 Ukuboza 2022.
Uyu musirikare w’Umunyakenya ufite ibiro akoreramo iyi nshingano mu mujyi wa Goma yagize ati: “Ndagira ngo mbizeze nka Komanda w’ingabo z’akarere w’Umunyakenya ko M23 itazafata umujyi wa Goma, ntibizashoboka na gato. Niba muri iki cyumba hari inshuti ya M23, yabiyibwira.”
Atangaje ko M23 itazigera ifata Goma nyuma y’aho mu minsi ishize na bwo yamenyesheje ingabo za RDC ko uyu mutwe witwaje intwaro wari ukomeje gusatira uyu mujyi utazemererwa gufata ikibuza cy’indege mpuzamahanga cyawo.



10 Responses
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
Iyo ndebye ibya DRC mbona aho EAC gukemura ikibazo iragikomeza kuko ntabwo uhuru Kenyatta ari umuhuza ahubwo ni umuvugizi wa leta ya congo ahubwo buriya njye mbona arikibazo kuri EAC ya mutumye kuko ntabwo ajya ikibazo mu mizi nigita yagira impuhwe zimpunzi zimaze ukwezi zihunze ntagire impuhwe nzabamaze imyaka hafi 30 umuntu atunzwe na 3000frw ku kwezi. Njye mbona uhuru arikibazo cyiyongereye ku bibazo turwanira.
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
uvuze ukuri kandi abanyakenya ndakurahiye ntibishoboka M23 nabo namagambo nibyo Muhozi yababwiye bavuza induru hahahaha
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
uvuze ukuri kandi abanyakenya ndakurahiye ntibishoboka M23 nabo namagambo nibyo Muhozi yababwiye bavuza induru hahahaha
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
Iyo ndebye ibya DRC mbona aho EAC gukemura ikibazo iragikomeza kuko ntabwo uhuru Kenyatta ari umuhuza ahubwo ni umuvugizi wa leta ya congo ahubwo buriya njye mbona arikibazo kuri EAC ya mutumye kuko ntabwo ajya ikibazo mu mizi nigita yagira impuhwe zimpunzi zimaze ukwezi zihunze ntagire impuhwe nzabamaze imyaka hafi 30 umuntu atunzwe na 3000frw ku kwezi. Njye mbona uhuru arikibazo cyiyongereye ku bibazo turwanira.
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
HHH
Nk’uko n’undi yabivuze, Kenyatta ntiyari akwiye kuba umuhuza igihe cyose ari umuvugizi wa Tshisekedi. Ari ibyo yagasimbujwe uhagarariye Congo muri Kenya. Ahubwo arebye kure yavamo hakiri kare.
Naho umusirikari uvuga ko atazemera ko Goma ifatwa, wakwibaza niba ari we wasimbuye commandant wa FARDC. Biriya ni ibigambo, igihe nikigera ni we uzawutanga ahubwo; azaberereka arebere cyangwa afashemo bigishoboka yigire muri Serena Gisenyi.
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
HHH
Nk’uko n’undi yabivuze, Kenyatta ntiyari akwiye kuba umuhuza igihe cyose ari umuvugizi wa Tshisekedi. Ari ibyo yagasimbujwe uhagarariye Congo muri Kenya. Ahubwo arebye kure yavamo hakiri kare.
Naho umusirikari uvuga ko atazemera ko Goma ifatwa, wakwibaza niba ari we wasimbuye commandant wa FARDC. Biriya ni ibigambo, igihe nikigera ni we uzawutanga ahubwo; azaberereka arebere cyangwa afashemo bigishoboka yigire muri Serena Gisenyi.
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
sha ibyo uwomukomanda wakenya ibyakina nabyo ntabyazi intambara m23 ntabwo umusirikare wa kenya ya hagarara m23 icanye neza ikibatsi akahatakinga sakumi nigice byigitondo iminota makumyabiri goma yaba ifashwe bakayicanira icyibatsi ariko nyakibatsi maze ukareba ko badashyira intwaro hasi geshouyu sha ya kenya nicyo gisirikare kibaho neza muri estafrica bahembwa neza cne ayo mashyamba ya congo ntibabivamo
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
sha ibyo uwomukomanda wakenya ibyakina nabyo ntabyazi intambara m23 ntabwo umusirikare wa kenya ya hagarara m23 icanye neza ikibatsi akahatakinga sakumi nigice byigitondo iminota makumyabiri goma yaba ifashwe bakayicanira icyibatsi ariko nyakibatsi maze ukareba ko badashyira intwaro hasi geshouyu sha ya kenya nicyo gisirikare kibaho neza muri estafrica bahembwa neza cne ayo mashyamba ya congo ntibabivamo
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
Ahubwo jewe mbona bariko barabafyinisha!! Ni babacanire umuriro basubire iwabo mu Rwanda iyo baje bava.
Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yijeje abari i Nairobi ko atazemerera M23 gufata Goma
Ahubwo jewe mbona bariko barabafyinisha!! Ni babacanire umuriro basubire iwabo mu Rwanda iyo baje bava.