Ku munsi ndyamana n’abagabo 10- Chantal utuye mu mujyi wa Kigali

Sangiza iyi nkuru

Umukobwa witwa Chantal utuye mu Mudugudu wa Nyagakoki, Akagari ka Kimisagara, Umurenge wa Kimisagara mu Mujyi wa Kigali, avuga ko akora uburaya, by’umwihariko ko ku munsi umwe ashobora kwakira abagabo batanu.

Avuga ko hari igihe abagabo baboneka, ati “Baraboneka” abajijwe nk’abo yakwakira ku munsi, ati “Nk’abagabo 10, eh icumi ndabahaza, iyo uryoshye urabahaza”.

Uyu mugore n’ubwo akora uburaya, aragira inama urubyiriko kwirinda kwishora muri iyi ngeso yita mbi ko na we yagiye akuramo ibyago byinshi birimo no kubyara nta bushobozi bwo kurera afite.

Ikindi kandi avuga ko nubwo bakora uburaya baba bafite ubwoba ko bakwicwa cyangwa bakagirirwa nabi ku bundi buryo. Ibi ngo bibatera ubwoba cyane mu gihe bagiye kuryamana n’umugabo batazi.

Kanda kuri iyi Link urebe Video https://www.youtube.com/watch?v=ibXK0D6UuMA&t=1s

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Ku munsi ndyamana n’abagabo 10- Chantal utuye mu mujyi wa Kigali
    Hahhhhhhhh nonese ubwo mushatse kuvuga iki mura mwamaza ahubwo nawe ushobora kuba waruvuyeyo iyo ntankuru irimo .

  2. Ku munsi ndyamana n’abagabo 10- Chantal utuye mu mujyi wa Kigali
    Hahhhhhhhh nonese ubwo mushatse kuvuga iki mura mwamaza ahubwo nawe ushobora kuba waruvuyeyo iyo ntankuru irimo .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *