20221121_144724.jpg

Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo

Sangiza iyi nkuru

Umuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda , Yolande Makolo, yavuze ko rubanda idakwiriye guha agaciro itangazo ryitiriwe ko ryasinywe na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente mu izina rya Perezida Kagame Paul, rivuga ko M23 irambitse intwaro hasi, u Rwanda rwaba rubihombeyemo.

Makolo abinyujije kuri Twitter, yavuze ko ” Mumenye ko iyi nyandiko ari ikinyoma. Ni amakuru atariyo.”

20221121_144724.jpg
Ibikubiye muri iri tangazo byamaganwe na Leta y’u Rwanda

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo
    Ko mbona Ministri Nsinyehe se yashyize umukono kuri iriya nyandiko, Makolo utari na minisitiri niwe wayivuguruza? Erega biragoranye kumenya aho uwo Makolo yabogamira yuko kuba umunyekongokazi akaba n’umunyarwandakazi byonyine bimubera imbogamizi.

  2. Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo
    Ko mbona Ministri Nsinyehe se yashyize umukono kuri iriya nyandiko, Makolo utari na minisitiri niwe wayivuguruza? Erega biragoranye kumenya aho uwo Makolo yabogamira yuko kuba umunyekongokazi akaba n’umunyarwandakazi byonyine bimubera imbogamizi.

  3. Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo
    ARIKO MWABAMUZIKWINTA MBARA ISENYA IYOMUYIVUGAKURURIMI BIROROHA UWAKUGEZA AHIBERA IBYO MUVUGANTIWAKONGERAKUBIVUGA GUSA IBYAGOBYA BAMWE NIYOMAHIRWE YABANDI

  4. Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo
    ARIKO MWABAMUZIKWINTA MBARA ISENYA IYOMUYIVUGAKURURIMI BIROROHA UWAKUGEZA AHIBERA IBYO MUVUGANTIWAKONGERAKUBIVUGA GUSA IBYAGOBYA BAMWE NIYOMAHIRWE YABANDI

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *