Umuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda , Yolande Makolo, yavuze ko rubanda idakwiriye guha agaciro itangazo ryitiriwe ko ryasinywe na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente mu izina rya Perezida Kagame Paul, rivuga ko M23 irambitse intwaro hasi, u Rwanda rwaba rubihombeyemo.
Makolo abinyujije kuri Twitter, yavuze ko ” Mumenye ko iyi nyandiko ari ikinyoma. Ni amakuru atariyo.”
Ibikubiye muri iri tangazo byamaganwe na Leta y’u Rwanda



4 Responses
Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo
Ko mbona Ministri Nsinyehe se yashyize umukono kuri iriya nyandiko, Makolo utari na minisitiri niwe wayivuguruza? Erega biragoranye kumenya aho uwo Makolo yabogamira yuko kuba umunyekongokazi akaba n’umunyarwandakazi byonyine bimubera imbogamizi.
Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo
Ko mbona Ministri Nsinyehe se yashyize umukono kuri iriya nyandiko, Makolo utari na minisitiri niwe wayivuguruza? Erega biragoranye kumenya aho uwo Makolo yabogamira yuko kuba umunyekongokazi akaba n’umunyarwandakazi byonyine bimubera imbogamizi.
Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo
ARIKO MWABAMUZIKWINTA MBARA ISENYA IYOMUYIVUGAKURURIMI BIROROHA UWAKUGEZA AHIBERA IBYO MUVUGANTIWAKONGERAKUBIVUGA GUSA IBYAGOBYA BAMWE NIYOMAHIRWE YABANDI
Leta yamaganye itangazo riyitirira kuvuga ko M23 irambitse intwaro hasi u Rwanda rwaba rubihombeyemo
ARIKO MWABAMUZIKWINTA MBARA ISENYA IYOMUYIVUGAKURURIMI BIROROHA UWAKUGEZA AHIBERA IBYO MUVUGANTIWAKONGERAKUBIVUGA GUSA IBYAGOBYA BAMWE NIYOMAHIRWE YABANDI