Meddy yaba yavuye  ku izima nyuma yo kuburirwa ko azicwa najya mu Burundi

Sangiza iyi nkuru

Hakomeje  kwibazwa niba Umuhanzi Meddy yaravuye ku izima agasubika ibitaramo bibiri yateganyaga gukorera mu Mujyi wa Bujumbura nyuma yo kuburirwa ko najyayo azicwa.

Abinyujije kuri  Facebook uwitwa Gatoto Eddy Mathias yanditse muri groupe yitwa Humura Burundi avuga ko igihe  Meddy yaba akandagiye mu Burundi bitazamugwa neza ndetse bakomeza bavuga ko azaba aje kubateza ubukene nubwo bafite butaboroheye.

Meddy 1
Ubutumwa bugenewe Meddy

Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagam, Meddy yatangaje ko hari ikintu kigiye kwimurwa (shift) bityo umuntu akaba yakwibaza niba ari iki gitaramo agiye gusubika.

Yagize ati “ Hari ikintu kigiye kwimurwa.”

Capture 15

[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]

Nta gihindutse Meddy azakorera igitaramo i Bujumbura ku itariki ya 29 Ukuboza 2018 , ahitwa  Boulevard de l’Uprona akazakurikizaho ikizabera  i Kigali ku bunane.

 

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *