Meddy yagize icyo abaza abakobwa n’abahungu  bo muri Uganda

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi  Meddy yabajije abasore n’inkumi bo muri Uganda ku byo bavugwaho byo kutababarira igihe babajwe n’abo bakundana.

Ibi bikomoka  ku mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga zirimo Watsupp aho umusore umwe w’uruhu rwera ababaza umukunzi we w’umukobwa. Uyu ashaka kumukubita ariko nyuma akamureka.

Ku rundi ruhande, undi mukobwa bivuga ko ari Umunyayuganda we ntababarira umusore ahubwo amukubita urushyi rukomeye.

Cyane ko muri aya mshusho humvikanamo indirimbo ya Meddy yitwa Slowly, uyu muhanzi abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yabajije abasore n’inkumi bo muri Uganda niba koko ibi byaba ari ukuri ndetse agira icyo abisabira.

Yagize ati “ Bavandimwe bahungu n’abakobwa b’Abanyayuganda! Ibi ni byo koko!.”

Mu kugira icyo abisabira yagize ati “ Mukubite buhoro nawe!”

Capture 13

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *