Menya akamaro ka Rugongo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Hagati y’abashakanye imibonano mpuzabitsina ni ngenzi kandi ni izingiro rya byinshi haba mu kwishimisha hagati yabo ndetse no kwagura umuryango, bityo mu gushimishanya bisaba ubunararibonye n’urukundo hagati yabo ruhoraho, ari nayo mpamvu buri couple iba ifite ibanga ryayo ryo kunezezanya.

Muri uko kunezezanya hari ibice by’ingenzi byibandwaho, bikorakorwa kugira ngo ibishimo biboneke neza, rugongo ikaza ku isonga.

Akenshi abagore basohora bitabagoye iyo rugongo ikinishijwe.

Ishobora gukoreshwa igihe umugore yikinisha wenyine nubwo bwose atari byiza ku bwonko bwe.

Ifasha cyane abagore kuzana amazi (kunyara) mu gihe cy’imibonano iyo umugabo yayikozeho cyane.

Umugabo ashobora gukinisha rugongo yonyine agashimisha umugore adakoresheje igitsina ahubwo akoresheje intoki cyangwa umunwa (kubabimenyereye), nubwo hari abatabyemera ku bw’impamvu z’isuku.
2.G spot cyangwa point G: Nyuma ya clitoris hakurikiraho Point G, iki gice cyiswe gutya kubera izina ry’umudage Ernest Grafenberg wakivumbuye akakiyitirira (G: Grafenberg) mu mwaka w’1982.

Iki gice kitari kizwi mbere hose, giherereye mu gitsina mo imbere ugana ku kiziba cy’inda. Kumenya niba kiri hafi cyangwa kure y’ubwinjiriro byose biterwa na buri mugore kuko birahinduka umugore ku wundi.

Iyo kiri hafi umuntu uba shobora no gukozaho urutoki. Iki gice gituma umugore aryoherwa cyane kandi akarangiza mu gihe umugabo azi kubyitwaramo neza.

Kuvuga ku buzima bw’imyororokere ni ngombwa kandi binafasha benshi kumenya imiterere y’imibiri yabo, ariko na none kubivuga si ugushishikariza abatararushinga kwishora mu busambanyi kuko bibakururira ingaruka mbi zirimo gutwara inda zitateguwe, kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nka VIH/SIDA,…

rug

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *