Mexique yabonye perezida w’umugore usanzwe ari kabuhariwe muri siyansi

Sangiza iyi nkuru

Umunya Megizikekazi w’umugore Madamu Claudia Sheinbaum w’imyaka 61 y’amavuko, yatorwe kuyibora iki gihugu nyuma y’amajwi yatangajwe by’agateganyo.

Uyu mugore Yagize amajwi 57.8% y’agateganyo akaba ariwe wa mbere ugiye kuyobora Mexico ari umudamu . Ni nawe muntu wa mbere ufite igisekuru cy’Abayahudi uyoboye iki gihugu.

Sheinbaum asanzwe ari umuhanga muri Siyansi bikaba akarusho ubwo yazirikananwaga cyane nk’umwe mu bakoze raporo ikomeye kw’ihinduka ry’ikirere igatsindira igihembo cya Nobel mu mwaka wa 2007.

Amajwi yatangajwe kugeza ubu ni ayagateganyo, taliki 8 Gicurasi hakazatangazwa amajwi yanyuma.

Perezida Sheinbaum yitezweho kuzamura umurindi mu guhangana n’ihindagurika ry’ikirere.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *