Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake

Sangiza iyi nkuru

Umuturage witwa David Basangira utuye mu Isanteri ya Mimuli mu Karere ka Nyagatare aravuga ko uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mimuli, Emmanuel Bandora bari baturanye, isake ye yagiye gutorera mu rugo rwe ibuze gitifu amuca Frw ibihumbi 10 gusa ngo nyuma yaje kuboneka nyuma y’icyumweru gitifu arayitwara, ariko ntiyamusubiza amafaranga yari yamurishye.

Ibi ngo byabaye mu mpera z’umwaka wa 2019 ubwo uyu muturage w’umukarani uzwi ku izina rya Kazungu yacibwaga ayo mafaranga. Inkoko za gitifu zatoreraga iwe nk’umuturanyi nk’ibisanzwe gusa ngo isake yaje kubura, bituma havuka iki ikibazo.

Yatangarije FLASH TV dukesha iyi nkuru ngo ” Inkoko ze zazaga kurira iwanjye, zikarisha bisanzwe, ndazireka ziragenda, urumva ko aho zanyuraga ziza ninaho zanyuze zigenda. Yaje kubura isake, icyo gihe yari agiye mu nama Nyagatare, arambwira ngo ninza turabonana, aje ansha ibihumbi Frw 10,000.”

Yakomeje agira ati ” Inkoko imaze kuboneka, ntiyansubije amafaranga nari namurishye kandi mbere yo kuriha narafunzwe, ndanakubitwa.”

Nta mukene urya inkoko

Uyu muturage usanzwe avuga ko abapolisi n’abasirikare babajije Gitifu Bandora ikiza gukurikiraho nyuma y’aho uyu mugabo bigaragaye ko yarenganye, ngo Gitifu yagize ati ” Nta mukene urya inkoko.”

Nyamara ngo abasenateri basuye ako gace basaba ko Kazungu yasubizwa amafaranga ye ibihumbi 10. Ibi ariko ntibyakozwe.

Abaturage bazi iby’iki kibazo baba abaturanyi cyangwa abakarani bakorana na Kazungu baremeza ayo makuru, bagasaba ko uyu muturage yarenganurwa.

Bamwe batera hejuru bati ” Twe mu bakarani twari twamuhannye, ni akarengane, yamwimye amafaranga kandi inkoko yarabonetse nayo akayitwara.”

Gitifu Emmanuel Bandora, kuri uyobora Umurenge wa Kiyombe, atangaza ko yarihishije Kazungu inkoko ye nk’ibisanzwe, ngo kuba yarabonetse ntamusubize amafaranga ye byo ngo ntacyo abivugaho. Ati ” Njye nziko nibwe hanyuma umuntu agafatwa, polisi yambwiye ko bamuhannye nimubabarire yishyure ibyo yariye.”

Uyu muturage ariko avuga ko atazemera guhara amafaranga ye abona yayavunikiye mu kwikorera imizigo. Ngo aho bazahurira bazarwana.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

28 Responses

  1. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ariko nk’ubu Gitifu azize ushake,Jogoo,ntiyaba azize ubusa?Tekereza kweguzwa mu bakozi ba Leta kuko wowe n’umuturage mwananiwe kumvikana ku isake=10000frws!!!Kwiga byaba byarakumariye iki?

  2. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ariko nk’ubu Gitifu azize ushake,Jogoo,ntiyaba azize ubusa?Tekereza kweguzwa mu bakozi ba Leta kuko wowe n’umuturage mwananiwe kumvikana ku isake=10000frws!!!Kwiga byaba byarakumariye iki?

  3. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    iyi nkuru n’akumiro nta ES of sector wo kurwanira ni umuturage isake (inkoko),kandi azamusubize amafaranga (10000 frw) ye ntabwo byiyubashye umuyobozi ahemukire umuturage ayobora.

  4. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    iyi nkuru n’akumiro nta ES of sector wo kurwanira ni umuturage isake (inkoko),kandi azamusubize amafaranga (10000 frw) ye ntabwo byiyubashye umuyobozi ahemukire umuturage ayobora.

  5. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ariko ubu uyu Bandora nimuyobozi ki?urwanira inkoko nabaturage ayobora ndetse anababeshyera kumwiba RIB nikore ajazi kayo uyu Gitifu akurikiranwe nakarere gakwiye kumwirukana rwose ntabunyangamugayo bwa kiyobozi agira ngo ntacyo yabivugaho?ndumiwe

  6. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ariko ubu uyu Bandora nimuyobozi ki?urwanira inkoko nabaturage ayobora ndetse anababeshyera kumwiba RIB nikore ajazi kayo uyu Gitifu akurikiranwe nakarere gakwiye kumwirukana rwose ntabunyangamugayo bwa kiyobozi agira ngo ntacyo yabivugaho?ndumiwe

  7. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Nyamara GATABAZI ahere kur’uru, nabyo n’akarengane aje asanga muri bimwe mubyananiye SHYAKA, kandi s’uwo gusa mu ba Gitifu bagiye bahemukira Abaturage, hari nabamburaga abaturage n’Akanyama bakajya kukirira, none mbabaze? Aka karengane kaba Gitifu Gataniyehe n’aba Conseye bo Hambere Bihanukiraga ngo UZICHO NDICHO? Ngo KUBUBASHA NAHAWE NA!!!? Nguw’Umukoro GATABAZI WE!

  8. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Nyamara GATABAZI ahere kur’uru, nabyo n’akarengane aje asanga muri bimwe mubyananiye SHYAKA, kandi s’uwo gusa mu ba Gitifu bagiye bahemukira Abaturage, hari nabamburaga abaturage n’Akanyama bakajya kukirira, none mbabaze? Aka karengane kaba Gitifu Gataniyehe n’aba Conseye bo Hambere Bihanukiraga ngo UZICHO NDICHO? Ngo KUBUBASHA NAHAWE NA!!!? Nguw’Umukoro GATABAZI WE!

  9. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Hhhhhhh kuba mucyaro mu giturage n’akaga ndabarahiye Executif niba ari uwumurenge cyangwa wAkagari ubwo ntasoni afite kujya mubinyamakuru kubera inkoko mashara? Ariko abantu bazi kwitesha agaciro kabisa. Ubwose mwumva uwo mu executif yarahawe akazi agakwiye koko? Ntabwo azi ibyo akora. Abamushinzwe niba kemure ikibazo naho uwo mu executif ni bamuhe isuka ajye guhinga naho ubuyobozi wapi.

  10. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Hhhhhhh kuba mucyaro mu giturage n’akaga ndabarahiye Executif niba ari uwumurenge cyangwa wAkagari ubwo ntasoni afite kujya mubinyamakuru kubera inkoko mashara? Ariko abantu bazi kwitesha agaciro kabisa. Ubwose mwumva uwo mu executif yarahawe akazi agakwiye koko? Ntabwo azi ibyo akora. Abamushinzwe niba kemure ikibazo naho uwo mu executif ni bamuhe isuka ajye guhinga naho ubuyobozi wapi.

  11. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Hhhhhhh kuba mucyaro mu giturage n’akaga ndabarahiye Executif niba ari uwumurenge cyangwa wAkagari ubwo ntasoni afite kujya mubinyamakuru kubera inkoko mashara? Ariko abantu bazi kwitesha agaciro kabisa. Ubwose mwumva uwo mu executif yarahawe akazi agakwiye koko? Ntabwo azi ibyo akora. Abamushinzwe niba kemure ikibazo naho uwo mu executif ni bamuhe isuka ajye guhinga naho ubuyobozi wapi.

  12. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Hhhhhhh kuba mucyaro mu giturage n’akaga ndabarahiye Executif niba ari uwumurenge cyangwa wAkagari ubwo ntasoni afite kujya mubinyamakuru kubera inkoko mashara? Ariko abantu bazi kwitesha agaciro kabisa. Ubwose mwumva uwo mu executif yarahawe akazi agakwiye koko? Ntabwo azi ibyo akora. Abamushinzwe niba kemure ikibazo naho uwo mu executif ni bamuhe isuka ajye guhinga naho ubuyobozi wapi.

  13. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  14. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  15. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  16. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  17. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  18. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  19. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  20. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  21. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  22. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  23. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  24. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  25. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  26. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  27. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

  28. Mimuli: Rurageretse hagati ya Gitifu n’umuturage bapfa isake
    Ibitekerezo byose mwatanze nibyiza,ariko mbere yo guharabika umuntu gutyo mutigereye kuri terain ngo mwumve ibitekerezo by’abahaturiye ntabwo biba ari byiza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *